Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubumwe Bw’Abanyarwanda Nibwo Shingiro Ryarwo -Sen Prof Jean Pierre Dusingizemungu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubumwe Bw’Abanyarwanda Nibwo Shingiro Ryarwo -Sen Prof Jean Pierre Dusingizemungu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 June 2023 12:53 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu kiganiro yaraye ahaye abakozi ba Banki ya I&M bari bagiye kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Senateri Prof. Jean Pierre Dusingizemungu yavuze ko kugira ngo u Rwanda ruzarambe, ari ngombwa ko Abanyarwanda bunga ubumwe.

Avuko  ko ubumwe bw’Abanyarwanda ari bwo shingiro ry’u Rwanda ruri imbere.

Senateri Prof Dusingizemungu yavuze ko bimwe mu bintu Abanyarwanda bagomba guheraho bunga ubumwe ari ururimi rumwe bahuriyeho, umuco umwe n’gihugu.

Mbere amadini ya Gikirisitu ataraduka mu Rwanda, Abanyarwanda bagiraga ukwemera kumwe.

Uyu muhanga mu mibanire ya muntu wahoze ari Perezida wa IBUKA, avuga ko amacakubiri yazanywe mu Banyarwanda ari yo yarukururiye ishyano.

Kuri Dusingizemungu, abantu babwiye Abanyarwanda ko bamwe ari ‘aba’, abandi bakaba ‘bariya’, ari we wabibye imbuto mbi y’urwango yaje kuvamo na Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994.

Umuyobozi wa I&M Bank witwa Robin Bairstow nawe yunze mo ko aho u Rwanda rugeze mu iterambere ari aho kwishimira.

Avuga ko ubushake bwo kwikura mu bibazo n’ubufatanye byatumye Abanyarwanda muri iki gihe bageze ku ntambwe ishimishije.

Abakozi ba I&M bari babanje gushyira indabo ku mva ishyinguyemo imibiri 25 y’Abatutsi bahoze bakora muri BCR.

Imva y’iyi mibiri ishyinguye mu kigo I&M Bank ikoreramo ; ari n’aho hahoze Banque Commerciale du Rwanda, BCR.

Iki ni kimwe mu byumba by’amateka ya Jenoside abantu basura
Umuyobozi wa I&M Bank asinya mu gitabo cy’abasuye urwibutso rwa Gisozi
Bashyize indabo ku mva rusange ishyinguwemo imibiri 250,000
Nyuma bajya kuganirizwa ku mateka ya mbere ya Jenoside, ayo mu gihe cyayo na nyuma yayo
Bari bakurikiye ubutumwa bwahatangiwe
TAGGED:BankDusingizemungufeaturedIBUKAJenosideUbumwe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Impamvu Zituma Ibitaro Bya Gihundwe Biba Ibya Nyuma Mu Rwanda
Next Article Urubyiruko Ruri Guhugurwa Ku Mateka Y’Umuryango FPR-Inkotanyi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?