Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Buri Gutabara Inshuti Yabwo Syria Yugarijwe N’Inyeshyamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uburusiya Buri Gutabara Inshuti Yabwo Syria Yugarijwe N’Inyeshyamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 December 2024 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igisirikare kirwanira mu kirere mu ngabo z’Uburusiya kiri gusuka ibisasu mu birindiro by’abarwanyi bamaze iminsi bagabye ibitero mu Mujyi wa Aleppo mu Majyepfo ya Syria.

Uburusiya bwiyemeje gutabara Syria iyoborwa na Bashar Al Assad umwe mu bayobozi bakomeye mu gace Syria iherereyemo.

Yigeze guhangana na bariya barwanyi bafashijwe na Amerika yashakaga ko hatagira abarwanyi ba Al Qaeda bahabwa rugari muri Syria.

Icyo gihe kandi hari nyuma y’igikorwa byo kwamagana abayobozi bamwe na bamwe bo mu bihugu by’Abarabu byatumye benshi begura, abandi baricwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni inkubiri bise Arab Spring.

Hari muri manda ya kabiri ya Obama ariko ikibazo gikomereza no muri Manda ya mbere ya Donald Trump.

Uburusiya bwaje gutabara Assad biza kurangira ingabo z’Abanyamerika zitashye iwabo mu cyo bamwe nafashe nko gutsindwa.

Intambara yongeye kwaduka muri iki gice muri iyi minsi(2024) niyo ya mbere ikomeye Syria ibonye mu myaka myinshi ishize.

Iri kwibasira iyo za Aleppo ariko idasize Idlib na Hama.
Perezida wa Syria Assad nawe yarahiye ko azivuna umwanzi wamuteye.

- Advertisement -

Kuva imirwano yatangira, abantu 370 nibo imaze guhitana muri bo 20 ni abasivili nk’uko BBC ibyemeza.

Itangazamakuru ryo mu Burayi rivuga ko bariya barwanyi bakomeje kwinjira mu bice byinshi bya Syria baciye mu Majyepfo.

Umutwe uri kurwana na Assad witwa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) ukaba ufashijwe na Turikiya.

TAGGED:BurusiyafeaturedIntambaraSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abantu Barindwi Bicwa Na SIDA Buri Munsi
Next Article Umunyarwanda Azinjiza $5000 Muri 2035-Min Sebahizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?