Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Buri Gutabara Inshuti Yabwo Syria Yugarijwe N’Inyeshyamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uburusiya Buri Gutabara Inshuti Yabwo Syria Yugarijwe N’Inyeshyamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 December 2024 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igisirikare kirwanira mu kirere mu ngabo z’Uburusiya kiri gusuka ibisasu mu birindiro by’abarwanyi bamaze iminsi bagabye ibitero mu Mujyi wa Aleppo mu Majyepfo ya Syria.

Uburusiya bwiyemeje gutabara Syria iyoborwa na Bashar Al Assad umwe mu bayobozi bakomeye mu gace Syria iherereyemo.

Yigeze guhangana na bariya barwanyi bafashijwe na Amerika yashakaga ko hatagira abarwanyi ba Al Qaeda bahabwa rugari muri Syria.

Icyo gihe kandi hari nyuma y’igikorwa byo kwamagana abayobozi bamwe na bamwe bo mu bihugu by’Abarabu byatumye benshi begura, abandi baricwa.

Ni inkubiri bise Arab Spring.

Hari muri manda ya kabiri ya Obama ariko ikibazo gikomereza no muri Manda ya mbere ya Donald Trump.

Uburusiya bwaje gutabara Assad biza kurangira ingabo z’Abanyamerika zitashye iwabo mu cyo bamwe nafashe nko gutsindwa.

Intambara yongeye kwaduka muri iki gice muri iyi minsi(2024) niyo ya mbere ikomeye Syria ibonye mu myaka myinshi ishize.

Iri kwibasira iyo za Aleppo ariko idasize Idlib na Hama.
Perezida wa Syria Assad nawe yarahiye ko azivuna umwanzi wamuteye.

Kuva imirwano yatangira, abantu 370 nibo imaze guhitana muri bo 20 ni abasivili nk’uko BBC ibyemeza.

Itangazamakuru ryo mu Burayi rivuga ko bariya barwanyi bakomeje kwinjira mu bice byinshi bya Syria baciye mu Majyepfo.

Umutwe uri kurwana na Assad witwa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) ukaba ufashijwe na Turikiya.

TAGGED:BurusiyafeaturedIntambaraSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abantu Barindwi Bicwa Na SIDA Buri Munsi
Next Article Umunyarwanda Azinjiza $5000 Muri 2035-Min Sebahizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

Knowless Yagiye Tanzania Kuhasohorera Indirimbo

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?