Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Buri Gutabara Inshuti Yabwo Syria Yugarijwe N’Inyeshyamba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uburusiya Buri Gutabara Inshuti Yabwo Syria Yugarijwe N’Inyeshyamba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 December 2024 3:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Igisirikare kirwanira mu kirere mu ngabo z’Uburusiya kiri gusuka ibisasu mu birindiro by’abarwanyi bamaze iminsi bagabye ibitero mu Mujyi wa Aleppo mu Majyepfo ya Syria.

Uburusiya bwiyemeje gutabara Syria iyoborwa na Bashar Al Assad umwe mu bayobozi bakomeye mu gace Syria iherereyemo.

Yigeze guhangana na bariya barwanyi bafashijwe na Amerika yashakaga ko hatagira abarwanyi ba Al Qaeda bahabwa rugari muri Syria.

Icyo gihe kandi hari nyuma y’igikorwa byo kwamagana abayobozi bamwe na bamwe bo mu bihugu by’Abarabu byatumye benshi begura, abandi baricwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ni inkubiri bise Arab Spring.

Hari muri manda ya kabiri ya Obama ariko ikibazo gikomereza no muri Manda ya mbere ya Donald Trump.

Uburusiya bwaje gutabara Assad biza kurangira ingabo z’Abanyamerika zitashye iwabo mu cyo bamwe nafashe nko gutsindwa.

Intambara yongeye kwaduka muri iki gice muri iyi minsi(2024) niyo ya mbere ikomeye Syria ibonye mu myaka myinshi ishize.

Iri kwibasira iyo za Aleppo ariko idasize Idlib na Hama.
Perezida wa Syria Assad nawe yarahiye ko azivuna umwanzi wamuteye.

- Advertisement -

Kuva imirwano yatangira, abantu 370 nibo imaze guhitana muri bo 20 ni abasivili nk’uko BBC ibyemeza.

Itangazamakuru ryo mu Burayi rivuga ko bariya barwanyi bakomeje kwinjira mu bice byinshi bya Syria baciye mu Majyepfo.

Umutwe uri kurwana na Assad witwa Hayat Tahrir al-Sham (HTS) ukaba ufashijwe na Turikiya.

TAGGED:BurusiyafeaturedIntambaraSyria
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda: Abantu Barindwi Bicwa Na SIDA Buri Munsi
Next Article Umunyarwanda Azinjiza $5000 Muri 2035-Min Sebahizi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tshisekedi Arahihibikanira Ko DRC Ijya Mu Kanama Ka UN K’Amahoro Ku Isi

Ngoma: Hibutswe Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yishwe Irazima Muri Jenoside 

Rihanna Yapfushije Se

Kabila Aragisha Inama Inararibonye Z’i Goma

Nick Ngendahayo Yasohoye Indirimbo Ibanziriza Igitaramo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

U Rwanda Rugiye Kubaka Uruganda Rubyaza Izuba Amashanyarazi Ya Mega Watt 30

M23 Irasaba Uburundi Gucyura Ingabo Zabwo Inzira Zikigendwa

Abajyanama B’Ubuzima Bagiye Gukoresha Ubwenge Buhangano Mu Kazi

RDB Yagize Icyo Ivuga Ku Ntambara Ya DRC

Kigali: Hagiye Gushyirwaho Ingengabihe Yo Gutwara Abagenzi

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Abayahudi Baramagana Ibyo Israel Ikorera Muri Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Miliyari $1 Yashowe Mu Gisirikare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ba Rwiyemezamirimo Bagiye Guhatanira Igihembo Cya Miliyoni $1.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Musk Yavuye Mu Nshingano Yahawe Na Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?