Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Bwatwitse Litiro 100,000 Za Benzène Z’Indege Z’intambara Za Ukraine
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uburusiya Bwatwitse Litiro 100,000 Za Benzène Z’Indege Z’intambara Za Ukraine

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 October 2022 3:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma gusenya ibikorwa remezo by’amashanyarazi yacaniraga igice kinini cy’Umurwa mukuru wa Ukraine, Kiev, indege z’intambara z’u Burusiya zatwitse ibigega byari bihunitse litiro 100,000 bya benzène indege z’intambara z’iki gihugu zari zarizigamiye.

Ingabo z’u Burusiya kandi zivuga ko hari n’ibigega byari bihunitse lisansi na mazutu byari kuzifashisha n’ingabo za Ukraine zasenye.

Intego ngo ni uguca intege ingabo za Ukraine zikemera kumanika amaboko.

Ikibabaje ni uko abasivili bari kubigwamo, abadapfuye bagasigara mu gahinda ko kubura ababo no kubura aho bapfunda imitwe kuko hirya no hino umuriro ari inkekwe.

Ibigega bya benzène byasenywe byari biri ahitwa Smela mu Ntara ya  Tcherkassk.

Abasesengura ibiri kubera muri kiriya gihugu bavuga ko u Burusiya bwatwitse biriya bigega mu rwego rwo guca intege abasirikare ba Ukraine bari kugana mu gice kitwaKherson kimaze iminsi cyarigaruriwe n’abashyigikiye u Burusiya.

Kuri uyu wa Gatandatu kandi abategetsi bo muri ibi bice basabye abaturage baho guhunga vuba na  bwangu.

Birashoboka ko hari igikorwa cya gisirikare gikomeye u Burusiya bushobora kuza kuhakorera kikaba cyahitana n’abasivili b’inzirakarengane.

TAGGED:BurusiyafeaturedIndegeIntambaraUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyo Twamenye Ku Mpamvu Zifungwa Rya IPRC Kigali…
Next Article Rwanda: Amakamyo Yitwa Howo ‘Akomeje’ Guteza Impanuka
2 Comments
  • Travel and tourism says:
    24 October 2022 at 3:22 am

    Today, while I was at work, my cousin stole my iPad and tested to see if it can survive a 30 foot drop, just so she can be a youtube sensation. My iPad is now broken and she has 83 views.
    I know this is entirely off topic but I had to share it with someone!

    Reply
  • trade binary options says:
    24 October 2022 at 3:28 am

    Have you ever earned $765 just within 5 minutes?

    trade binary options

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?