Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinjacyaha Burashaka Ko Barikana Afungwa Imyaka Ibiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbutabera

Ubushinjacyaha Burashaka Ko Barikana Afungwa Imyaka Ibiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2024 12:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge habereye iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo mu rubanza Ubushinjacyaha buregamo Eugene Barikana wahoze ari Umudepite akaba aherutse gusanganwa ibisasu birimo birimo na Grenade.

Ku ruhande rwa Barikana, we yemera icyaha akinginga urukiko ko yakurirwaho ibihano ariko ubushinjacyaha bwo bukamusabira gufungwa imyaka ibiri.

Biteganyijwe ko icyemezo cy’Urukiko kizasomwa ku wa Gatatu tariki ya 29 Gicurasi 2024.

RIB yafunze Eugene Barikana nyuma yo kumusangana amasasu na grenade yari atunze mu buryo ubugenzacyaha buvuga ko butari bukurikije amategeko.

Gufungwa kwe kwabaye nyuma gato y’uko yeguye ku mwanya wa Depite

Agifatwa, Barikana Eugene yabwiye RIB ko izo ntwaro yazitunze akibana n’abasirikare yibagirwa kuzisubiza.

Urukiko rumuhamije ibyaha ubushinjacyaha bumurega, Barikana yafungwa umwaka umwe cyangwa ibiri agatanga n’ihazabu iri hagati ya miliyoni Frw 1 na miliyoni Frw 2 cyangwa kimwe muri ibyo bihano.

TAGGED:BarikanafeaturedUbugenzacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya Igiye Kugirwa Umunyamuryango Udahoraho Wa OTAN
Next Article Radiant Yatashye Inyubako Yayo Nshya Ya Miliyari Frw 22
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?