Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Bugiye Gucukura Petelori Mu Bilometero 9 Mu Butayu
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubushinwa Bugiye Gucukura Petelori Mu Bilometero 9 Mu Butayu

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 May 2023 9:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Butayu bwitwa Taklimakan buri mu Majyaruguru ashyira u Burengerazuba bw’u Bushinwa hatashywe uruganda rucukura rukanatunganya ibikomoka kuri petelori rubikuye muri kilometero icyenda mu kuzimu.

Uru ruganda nirwo rwa mbere runini kandi rurerure muri Aziya rukagira n’ikoranabuhanga mu gucukura ibikomoka kuri petelori ritarakoreshwa ahandi hose ku isi.

Muri rusange, ubujyakuzimu bw’aho bazacukura ibikomoka kuri petelori bureshya na metero 9,471 ni ukuvuga kilometero icyenda zirengaho metero hafi 500.

Uru ruganda rucungwa n’ikigo cy’Abashinwa kitwa China Petrochemical Corporation (Sinopec), rukaba ruherereye mu Ntara ya Xinjiang Uygur.

Kugira ngo wumve ko gucukura ahantu hareshya na kilometero icyenda ari ikintu gitangaje, biragusaba kwibuka ko kuva ku kibuga cy’indege cya Kigali cya Kanombe kugera mu Mujyi ahitwa Down Town hareshya na kilometero icyenda.

Ni intera isumba umusozi wa mbere muremure ku isi witwa Mount Everest uba mu bisozi bya Himalaya kuko ureshya na metero  8,848.86  ni ukuvuga kilometero 8 zirengaho.

TAGGED:BushinwafeaturedIkoranabuhangaPeteloriUbutayu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Ya Sudani Iri Kwaguka, Akarere Kose Karahangayitse
Next Article Gatsibo: Bishe Umugabo ‘Baramushahura’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

You Might Also Like

ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi Rusange

Imisemburo Y’Abagore Niyo Ibatera Kurwara Umutwe Kenshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubumenyi N'Ubuhanga

Bigenda Gute Ngo Umubiri Wakomeretse Wisane?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Aba Wazalendo Bongeye Kuba Benshi Muri Uvira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?