Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Bwagiriye Amerika Inama Y’Uburyo Babana Amahoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Ubushinwa Bwagiriye Amerika Inama Y’Uburyo Babana Amahoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 April 2024 12:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Ubushinwa Xi Jinping yabwiye Antony Blinken ko ibyiza ari uko ibihugu byombi byakorana mu bwuzuzanye aho guhangana.

Blinken ari mu Bushinwa mu ruzinduko rw’akazi mu rwego rwo kuganira ku cyakorwa ngo ubucuruzi hagati y’ibi bihugu bikize kurusha ibindi ku isi burindwe ihangana ridafututse.

Abahanga mu bukungu bw’isi muri iki gihe baremeza ko umubano hagati ya Washington na Beijing uhagaze neza ariko bakavuga ko buri ruhande ruri kugenda ku magi ngo hatagira idosiye yongera kuba imbarutso y’umwuka mubi.

Hagati aho ubundi bwoba buhari ni uko amatora y’Umukuru w’igihugu azaba mu mpera za 2024 yazatsindwa n’umuntu uzakoroga Ubushinwa.

Hari n’abavuga ko Donald Trump ariwe uhabwa amahirwe yo kuzatsinda ayo matora kuko Biden bamunenga ko ashaje kandi akaba atita ku bibazo Israel iri guteza muri Gaza.

Intambara iri muri Gaza yarakaje n’abanyeshuri benshi muri za Kaminuza zitandukanye z’Amerika ku buryo ishobora kuzatuma Biden hari amanota atakaza.

Uruzinduko rwa Blinken mu Bushinwa rubaye hasgize igihe gito Abadepite b’Amerika batoye ko urubuga nkoranyambaga rwa TikTok ruhagarikwa mu gihugu cyangwa rukemera kugurwa n’Abanyamerika.

Nyuma byaje kurakaza Ubushinwa kugeza ubwo busabye Amerika ko yirinda kurengera ngo irenge ibyo u Bushinwa bwise ‘imirongo itukura’.

Ifoto@BBC

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Andikisha Indangarubuga Yawe Urinde Izina Ryawe Kuri Murandasi
Next Article Uwitwa Bihirabamwe Yibye $9000 Ntibyamuhira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?