Umunyamategeko Me Bigimba avuga yifuza ko abatangabuhamya barimo na Gen Paul Rwarakabije bagomba kuzitaba urukiko nk’abatangabuhamya ku ruhande rw’abo yunganira...
Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi abagabo batatu barimo Frederick Bizimana usanzwe ari umukozi mu Kigo cy’Igihugu cy’Imiturire (Rwanda Housing Authority), Bwana Jonas Niyonambaza usanzwe...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu Jean Paul Micomyiza wari uherutse kuzanwa mu Rwanda ngo akurikiranwe ku byaha birimo na Jenoside yagejejwe imbere y’urukiko rw’ibanze...
Inteko iburanisha y’Urukiko rw’Ubujurire yaburanishaga urubanza ubushinjacyaha rwajuririye bushaka ko igifungo cy’imyaka 25 Paul Rusesabagina yahamijwe n’Urukiko rukuru, nayo yemeje ko icyo gihano cyari gishyize mu...
Nyuma yo kuburanisha urubanza ubushinjacyaha bwajuririye buvuga ko Paul Rusesabagina akwiye guhabwa igihano cya burundu, ubwunganizi bwa Sankara bwo bugasaba ko agabanyirizwa igihano, urukiko rw’ubujurire rwasanze...