Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 October 2025 8:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sanae Takaichi yatsindiye kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani, akaba ari we mugore wa mbere ugeze kuri uru rwego mu mateka y’iki gihugu cyo muri Aziya y’Amajyepfo ashyira Uburasirazuba.

Ku myaka 64, Minisitiri w’Intebe Sanae Takaichi aje guhindura byinshi mu byo benshi mu bamubanjirije bananiwe birimo gushyiraho Guverinoma ihuriweho n’amashyaka menshi kugira ngo Ubuyapani busohoke ku kangaratete ka Politiki bumazemo hafi imyaka 15.

Azwiho gukurikiza amahame ya Margret Thatcher, umugore wabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere w’Ubwongereza hagati y’umwaka wa 1979 na 1990.

Takaichi abaye Minisitiri w’Intebe wa Kane mu myaka itanu, abenshi mu bamubanjirije bananiwe gushyira mu bikorwa gahunda za Leta zo zazanzahura ubukungu bukaba bwarazahajwe n’ibibazo bya Politiki byabaye mu myaka itanu ishize ubwo Ishyaka LDP ryavugwaga mu inyereza rikomeye ry’umutungo.

BBC yanditse ko Sanai Takaichi ari mu bantu bakoranaga neza na Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe, akaza gupfa azize umuntu wamurashe.

Atowe mu gihe Perezida Donald Trump yitegura gusura Ubuyapani mu minsi mike iri imbere.

Uyu aherutse gutangaza ko Takaichi ari umugore w’ubwenge bwinshi no gushishoza.

Ubuhanga bwe buzagaragarira mu gutuma ubukungu bw’igihugu cye buzanzamuka kandi ibyo kitumvikanaho na Amerika bigakemuka.

TAGGED:featuredMinisitiriPolitikiUbuyapani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza
Next Article Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tshisekedi Arabwira Inteko Iby’Ingenzi Aherutse Kwemeranya Na Perezida Kagame

Perezida wa Benin Yabwiye Abaturage Ko Abashatse Kumuhirika Baruhiye Ubusa

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Rwanda: Utubari Tugiye Kujya Dufunga Mu Rukerera

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko Kugonganisha Ibigo Bitubura Imbuto Byakoze K’Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubuhinzi

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Kayonza: Nyemazi Yazize Kubuza Abaturage Gusuhuka Kubera Inzara

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Mu mahanga

Kinshasa Irasaba AFC/M23 Gufungura Ikibuga Cy’Indege Cya Goma Byihuse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

U Rwanda Rwatangije Irushanwa Rizajya Rihuza Za Kaminuza Muri Siporo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?