Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuyapani Bwugarijwe N’Umwuzure Wa Tsunami
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuyapani Bwugarijwe N’Umwuzure Wa Tsunami

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 August 2024 10:29 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
close up of Japan thru a magnifying glass
SHARE

Ubuyobozi mu Buyapani bwasabye abaturage kwirinda kwegera cyane inkombe z’inyanja kuko hari ubwoba bw’umutingo ufite igipimo cya Ritchter cya 6.9 ushobora kuza gukurikirwa n’umwuzure uturuka mu Nyanja witwa Tsunami.

‘Tsunami’ ni ijambo ry’Ikiyapani rivuga ‘umuhengeri’. Rifite igisonuro cy’uko uwo muhengeri uterwa n’ibintu byose bibera munsi mu Nyanja bikazamura amazi yayo agasandara imusozi.

Ayo mazi ateza umwuzure ushobora kugera mu bilometero byinshi uvuye ku nkombe z’inyanja cyangwa ikiyaga cyabereyemo ibyo bintu kamere.

Imitingito, kuruka kw’ikirunga kiri munsi y’amazi, ibisasu biturikirizwa munsi yayo…byose biri mu bitera icyo bita tsunami.

Ku byerekeye iri kuvugwa mu Buyapani, abahanga mu bumenyi bw’isi bavuga ko uwo mwuzure( tsunami) bigaragara ko uri bwibasire ahitwa Hyuga mu gace ka  Miyazaki gaherereye mu Majyepfo y’Ubuyapani.

Ikigo ntaramakuru NHK kivuga ko umuburo ku bantu batuye mu Birwa bya Kyushu, Shikoku wamaze gutangazwa.

Ni inkuru igikusanywa mu buryo burambuye ku bufatanye bw’ibinyamakuru mpuzamahanga.

Ubuyapani ni kimwe mu bihugu biri mu gice kiganjemo ibirunga byinshi bikunze guteza umutingito, icyo gice abavuga Icyongereza bakise Ring of Fire.

Ikindi gihugu kiri muri iki gice ni Indonesia.

TAGGED:AmerikaIkigoUbuyapaniUmutingitoUmwuzure
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imwe Mu Mishinga Muhanga Ifite Mu Mezi Make
Next Article APR BBC Na REG Bageze Ku Mukino Wa Nyuma Mu Gikombe Cy’Igihugu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Urugo Rwa Azarias Ruberwa Rwatewe

Abaturage 354,000 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?