Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuyobozi Bwa APR FC Bwasobanuye Impamvu Z’Ihagarikwa Rya Adil
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Ubuyobozi Bwa APR FC Bwasobanuye Impamvu Z’Ihagarikwa Rya Adil

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 October 2022 1:24 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Ubuyobozi bwa APR FC  buherutse gukoresha inama abakinnyi n’abandi bakozi bakuru muri iyi kipe bubabwira impamvu zatumye umutoza Adil hamwe na Kapiteni Djabel Manishimye bahagarikwa.

Lt Gen Mubalakh Muganga yagize ati: “Ndagira ngo nkureho urujijo nabasobanurire neza ko umutoza Adil atirukanywe ahubwo yabaye ahawe umwanya kugira ngo yitekerezeho agire n’ibyo akosora mbere y’uko azagarurwa mu kazi.”

Gen Muganga yavuze ko ubusanzwe iyo uri umuyobozi ukora ibishoboka byose kugira ngo abo uyobora ubabere urugero rwiza.

Yavuze ko Manishimwe Djabel nka kapiteni afite amakosa yakoze imbere y’abo ayoboye n’imbere y’abatoza bose.

Yavuze ko  ibyo APR FC itari byihanganira.

Uko bigaragara umutoza hamwe na kapiteni Adil bahagariswe kubera imyitwarire idakwiye.

Abatoza bungirije basigaranye inshingano zo gutoza ikipe bibukijwe n’umuyobozi mukuru ko urugamba rwo gutwara ibikombe rugikomeje.

Yabibukije ko hari n’umukino w’ikirarane na Police FC kuri uyu wa mbere.

Abari mu nama bahawe umwanya ngo batambutse ibitekerezo byabo.

Uwa mbere watanze igitekerezo ni umutoza wungirije wasigaranye inshingano zo gutoza ikipe Ben Moussa, ashimira ubuyobozi ku nama nziza bwabagiriye.

Amakuru dukesha urubuga rwa APR avuga ko umuyobozi w’ikipe yongeye kwibutsa abari mu nama amateka n’icyerekezo by’ikipe y’ingabo z’igihugu, anasobanura impamvu batabona umutoza mukuru muri iyo nama.

TAGGED:APRFCfeaturedIkipeMuganga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rubavu: Bafatanywe Imifuka Ibiri YUZUYE Urumogi
Next Article RDF Yafashe Intwaro Nyinshi Zari Zarahishwe N’Ibyihebe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?