Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuyobozi Bw’Akarere Ka Gicumbi Bwakebuwe Kubera Umwanda Mu Baturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Ubuyobozi Bw’Akarere Ka Gicumbi Bwakebuwe Kubera Umwanda Mu Baturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2025 5:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mugabowagahunde Maurice uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko Akarere ka Gicumbi kagomba kugira inyubako zicyeye n’abaturage bakagira isuku.

Nyuma yo gusura ibikorwa byerekana iterambere ry’abikorera n’uruhare rw’abafatanyabikorwa mu kuzamura imibereho y’abaturage, yavuze ko n’ubwo hari intambwe ishimishije yatewe ariko bikwiye kongerwamo imbaraga.

Guverineri ati: “Turashima uruhare rwa buri wese watumye Akarere gatera imbere, mu birebana no kurwanya igwingira murakataje kuko ryagabanutse ku rwego rushimishije, kandi byagezweho biturutse ku bufatanye.”

Gusa yavuze ko kimwe mu bibazo bigaragara henshi mu Karere ari umwanda ndetse bikagaragarira no mu Mujyi wa Gicumbi uri mu Murenge wa Byumba ari naho hubatswe Ibiro by’Akarere.

Ati: “Turifuza kuvugurura umujyi wa Gicumbi ugahinduka igicumbi cy’isuku, by’umwihariko abafite inyubako bakagerageza kuzivugurura zigasa neza“.

Yongeyeho ko hasabwa ubufatanye kugira ngo mujyi wa Gicumbi waguke, abasaba kongera imbaraga no mu myidagaduro ngo barusheho kuzirikana imibereho y’urubyiruko .

Bagenzi bacu ba UMUSEKE banditse ko imurikabikorwa ryitabiriwe n’abantu 65 bamuritse ibikorwa by’iterambere bagezeho n’uruhare rw’abafatanyabikorwa ku mibereho y’imiryango, abita ku bana, abacuruzi n’abakora imyuga.

TAGGED:AbaturageGicumbiGuverineriIsukuMugabowagahundeUmwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Barashimira RDF Na Polisi Mu Kububakira ECDs
Next Article APR BBC Yabonye Tike Yo Kuzahangana Na REG BBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?