Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuyobozi Bw’Akarere Ka Gicumbi Bwakebuwe Kubera Umwanda Mu Baturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Ubuyobozi Bw’Akarere Ka Gicumbi Bwakebuwe Kubera Umwanda Mu Baturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 June 2025 5:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mugabowagahunde Maurice uyobora Intara y’Amajyaruguru avuga ko Akarere ka Gicumbi kagomba kugira inyubako zicyeye n’abaturage bakagira isuku.

Nyuma yo gusura ibikorwa byerekana iterambere ry’abikorera n’uruhare rw’abafatanyabikorwa mu kuzamura imibereho y’abaturage, yavuze ko n’ubwo hari intambwe ishimishije yatewe ariko bikwiye kongerwamo imbaraga.

Guverineri ati: “Turashima uruhare rwa buri wese watumye Akarere gatera imbere, mu birebana no kurwanya igwingira murakataje kuko ryagabanutse ku rwego rushimishije, kandi byagezweho biturutse ku bufatanye.”

Gusa yavuze ko kimwe mu bibazo bigaragara henshi mu Karere ari umwanda ndetse bikagaragarira no mu Mujyi wa Gicumbi uri mu Murenge wa Byumba ari naho hubatswe Ibiro by’Akarere.

Ati: “Turifuza kuvugurura umujyi wa Gicumbi ugahinduka igicumbi cy’isuku, by’umwihariko abafite inyubako bakagerageza kuzivugurura zigasa neza“.

Yongeyeho ko hasabwa ubufatanye kugira ngo mujyi wa Gicumbi waguke, abasaba kongera imbaraga no mu myidagaduro ngo barusheho kuzirikana imibereho y’urubyiruko .

Bagenzi bacu ba UMUSEKE banditse ko imurikabikorwa ryitabiriwe n’abantu 65 bamuritse ibikorwa by’iterambere bagezeho n’uruhare rw’abafatanyabikorwa ku mibereho y’imiryango, abita ku bana, abacuruzi n’abakora imyuga.

TAGGED:AbaturageGicumbiGuverineriIsukuMugabowagahundeUmwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Barashimira RDF Na Polisi Mu Kububakira ECDs
Next Article APR BBC Yabonye Tike Yo Kuzahangana Na REG BBC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Abageni Bwari Bucye Basezerana Bakubiswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Rulindo: Yafatanywe Ayo Kwishyura Abacukura Amabuye Mu Buryo Butemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?