Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwandu Bushya Bwa COVID-19 Muri Uganda Bwageze Kuri 22%
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwandu Bushya Bwa COVID-19 Muri Uganda Bwageze Kuri 22%

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2021 11:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’Ubuzima ya Uganda yatangaje ko ubwandu bushya bwa COVID-19 bukomeje kuzamuka cyane, aho ibipimo bishya byagaragaje ko abantu banduye ari 22% ugereranyije n’abapimwe.

Kuri uyu wa Kane yagaragaje ko ibipimo 8,313 byafashwe ku wa 28 Ukuboza 2021 byemeje ko abantu 1,809 barwaye.

Mu banduye bashya harimo 912 bo muri Kampala, 341 bo muri Wakiso, 136 bo muri Kiruhura na 103 bo muri Luweero.

Ijanisha ry’abanduye ugereranyije n’abapimwe rigenda rizamuka kurushaho, kuko ku wa 27 Ukuboza ryari 18.3%, ku wa 27 Ukuboza 2021 riba 17%.

Uretse abantu bashya bandura, ubu abantu 69 barembeye mu bitaro bitandukanye mu gihe abamaze gupfa ari 3291, barimo bane bo ku wa Kabiri.

Abantu bose hamwe bamaze gusangwamo COVID-19 muri Uganda ni 139,079, mu gihe abakize ari 98,379. Bivuze ko abakirwaye ari 40,700.

Kugeza ubu inkingo zimaze gutangwa muri Uganda ni miliyoni 11,3.

TAGGED:featuredMinisiteriUbuzimaUbwanduUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Mozambique Yasuye Ingabo z’u Rwanda Muri Cabo Delgado
Next Article Abishyura Bakoresheje Amakarita Baraburirwa!
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?