Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwato Bupakiye Imodoka 3,000 Bwafashwe N’Inkongi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwato Bupakiye Imodoka 3,000 Bwafashwe N’Inkongi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 July 2023 4:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abashinzwe kuzimya inkongi mu Buholandi no mu bihugu bibuturiye bari gukora uko bashoboye ngo bazimye ubwato bupakiye imodoka 3,000. Ni impanuka yabereye mu gice gituriyemo inyoni nyinshi k’uburyo abahanga mu bidukikije bavuga ko kuzimya uruyiya muriro bigomba kwitonderwa kugira ngo batangiza aho izo nyoni ziba.

Ubwato bwahuye n’iki kibazo bwitwa The Fremantle Highway bukaba bwavaga mu Budage ahitwa Bremerhaven bugana muri Singapore.

Ikindi giteye inkeke ni uko buriya bwato buhiye bugashira byarushaho kwangiza amazi  y’aho bwahiriye.

Umwe mu bantu bari baburimo yabuguyemo ariko abandi baratabarwa.

Nta mpamvu yateye uyu muriro iratangazwa.

Hagati aho Associated Press yanditse ko muri ziriya modoka harimo iz’amashanyarazi.

 

TAGGED:AmahangafeaturedimodokaInkongiInyanja
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Zahabu Niryo Buye Ryinjiriza u Rwanda Amadevize Menshi
Next Article Ahari Iterambere Ry’Umugore Haba Hari Umugabo- Apôtre Mignone Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?