Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwato Bwarimo Abantu 31 Bwarohamye Mu Nyanja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwato Bwarimo Abantu 31 Bwarohamye Mu Nyanja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2024 4:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ubwato Seastory
SHARE

Ubuyobozi mu nzego z’umutekano mu Misiri butangaza ko hari ubwato bwarohamye abantu 17 mu  bari baburimo baburirwa irengero.

Bwarohamye ubwo barimo bwambuka Inyanja Itukura, abantu 28 bo bararohorwa.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere taliki 25 Ugushyingo, 2024 nibwo amakuru y’ibyo byago yamenyekanye.

Ku wa Gatandatu nibwo buriya bwato bwatsutse buva ku mwaro w’ahitwa Marsa Alam rurimo abantu 31 n’abakozi 14.

Umusirikare mu ngabo za Misiri zirwanira mu mazi witwa Major General Amr Hanafi yavuze ko abarokotse bashyizwe ahantu bari guhererwa ubufasha.

Yabwiye BBC ko abasirikare barwanira mu mazi bari gukora uko bashoboye ngo barebe ko hari abarokotse baboneka bagihumeka.

Abenshi mu bari baburimo ni Abanyamisiri ariko harimo na ba mukerarugendo bo mu Bwongereza, muri Suwede, mu Bushinwa n’abandi.

Marsa Alam ni agace ka Misiri kazwiho gusurwa na ba mukerarugendo bakunda kugendera ku byuma biserebeka bita skis ndetse n’ahantu hakunda kugaragara ibinyabuzima bitandukanye hitwa ‘coral reefs’ mu magambo y’Icyongereza.

Ubwato bwakoze iyo mpanuka bwakozwe mu mwaka wa 2022 nk’uko ubuyobozi bw’ikigo kibugenga kitwa Dive Pro Liveabroad bubyemeza.

Bureshya na metero 44 z’uburebure bukaba bufite ubushobozi bwo gutwara abantu 36.

TAGGED:AbakerarugendoInyanjaKurohamaMisiriUburebureUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Bateye Ibiti Byo Gufata Ubutaka Bwashokeraga Mu Kiyaga Cya Ruhondo
Next Article Centrafrique: RDF Yahuguye Abagore Uko Ihohoterwa Rishingiye Ku Gitsina Rirwanywa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?