Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwato Bwarimo Abantu 31 Bwarohamye Mu Nyanja
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubwato Bwarimo Abantu 31 Bwarohamye Mu Nyanja

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 November 2024 4:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ubwato Seastory
SHARE

Ubuyobozi mu nzego z’umutekano mu Misiri butangaza ko hari ubwato bwarohamye abantu 17 mu  bari baburimo baburirwa irengero.

Bwarohamye ubwo barimo bwambuka Inyanja Itukura, abantu 28 bo bararohorwa.

Mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere taliki 25 Ugushyingo, 2024 nibwo amakuru y’ibyo byago yamenyekanye.

Ku wa Gatandatu nibwo buriya bwato bwatsutse buva ku mwaro w’ahitwa Marsa Alam rurimo abantu 31 n’abakozi 14.

Umusirikare mu ngabo za Misiri zirwanira mu mazi witwa Major General Amr Hanafi yavuze ko abarokotse bashyizwe ahantu bari guhererwa ubufasha.

Yabwiye BBC ko abasirikare barwanira mu mazi bari gukora uko bashoboye ngo barebe ko hari abarokotse baboneka bagihumeka.

Abenshi mu bari baburimo ni Abanyamisiri ariko harimo na ba mukerarugendo bo mu Bwongereza, muri Suwede, mu Bushinwa n’abandi.

Marsa Alam ni agace ka Misiri kazwiho gusurwa na ba mukerarugendo bakunda kugendera ku byuma biserebeka bita skis ndetse n’ahantu hakunda kugaragara ibinyabuzima bitandukanye hitwa ‘coral reefs’ mu magambo y’Icyongereza.

Ubwato bwakoze iyo mpanuka bwakozwe mu mwaka wa 2022 nk’uko ubuyobozi bw’ikigo kibugenga kitwa Dive Pro Liveabroad bubyemeza.

Bureshya na metero 44 z’uburebure bukaba bufite ubushobozi bwo gutwara abantu 36.

TAGGED:AbakerarugendoInyanjaKurohamaMisiriUburebureUbwato
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Bateye Ibiti Byo Gufata Ubutaka Bwashokeraga Mu Kiyaga Cya Ruhondo
Next Article Centrafrique: RDF Yahuguye Abagore Uko Ihohoterwa Rishingiye Ku Gitsina Rirwanywa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?