Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwinshi bw’abajya mu Ntara bwatumye Stade ya Nyamirambo igirwa gare
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubwinshi bw’abajya mu Ntara bwatumye Stade ya Nyamirambo igirwa gare

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2020 11:58 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego bwafashe umwanzuro w’uko kuri Stade ya Kigali iri i Nyamirambo igirwa gare by’agateganyo yifashishwa n’abagenzi bagana mu Ntara.

Ni umwanzuro wafashwe mu rwego rwo kugabanya ubwinshi bw’abagenzi bwagaragaye muri Gare ya Nyabugogo muri iyi minsi abantu bari kugana mu Ntara ari benshi kwifatanya n’imiryango kwizihiza Noheli.

Umunyamakuru wa Taarifa wagiye muri Gare ya Nyabugogo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane  taliki 24, Ukuboza, 2020 yasanzwe hari abantu benshi cyane.

Kubera ubwinshi bwabo, byari bigoye ko babona imodoka zibajyana kandi bose bakagenda bubahirije 50% z’umubarew’abagomba kugenda mu modoka mu rwego rwo kugabanya ibyago byo kwanduzanya COVID-19.

Inama y’Abaminisitiri yateranye tariki 14, Ukuboza, 2020 niyo yafashe ingamba z’uko abantu bagenda mu binyabiziga bitwara abantu muri rusange batagomba kurenga 50%.

Polisi iri kureba uko bikorwa kugira ngo bitazamo akaduruvayo

Video yerekana uruvunganzoka rw’abagenzi muri Nyabugogo:

TAGGED:AbagenziCOVID-19featuredGareNyamiramboPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Noheli ntishamaje, gutaha ni kare, nta kwishimisha…Ibitekerezo by’abaturage kuri Noheli
Next Article Komisiyo y’amatora yigije imbere igihe cyo kwakira Kandidatire z’abo muri Njyanama
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?