Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubwoko Bwa COVID-19 Bwo Mu Buhinde Bwageze Muri Kenya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubwoko Bwa COVID-19 Bwo Mu Buhinde Bwageze Muri Kenya

Last updated: 05 May 2021 3:31 pm
Share
SHARE

Umuyobozi Mukuru muri Minisiteri y’Ubuzima muri Kenya, Dr. Patrick Amoth, yatangaje ko abantu batanu basanzwemo ubwoko bushya bwa Coronavirus burimo gukwirakwira mu Buhinde, bwandura cyane ndetse bukica kurusha ubusanzwe.

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa Gatatu, Dr Amoth yavuze ko ubwo bwandu bwabonetse mu bantu bakora mu ruganda rw’inyongeramusaruro, i Kisumu.

Yagize ati “Kubera uburyo duhahirana n’isi yose, biba ari igihe gito. Ntabwo Wabasha gushyiraho imbibi ngo ukumire virus ntiyinjire ku butaka bwawe.”

Yavuze ko bakomeje gushakisha abantu bose baba barahuye n’abasanzwemo ubwo bwandu, ngo bapimwe.

Kenya ibaye igihugu cya kabiri muri Afurika y’Iburasirazuba gisanzwemo ubwo bwandu bwa COVID-19 bwagaragaye mbere mu Buhinde, nyuma ya Uganda yabutahuye mu muturage wari uvuye muri icyo gihugu.

Ibihugu byinshi byamaze guhagarika ingendo z’indege ziva mu Buhinde. Igihugu giheruka kubikora ni Tanzania, mu mabwiriza yayo yasohotse kuri uyu wa Kabiri.

U Buhinde buri ku mwanya wa kabiri mu bihugu bimaze kugaragaramo abanduye benshi ku Isi, kuko ubu bagera kuri miliyoni 20.6, inyuma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika ifite miliyoni 33,2.

Abamaze kwandura mu Buhinde barimo 355.000 basanzwemo uburwayi kuri uyu wa Kabiri, imibare yabaye nk’igabanyuka kuko nko ku wa 30 Mata habonetse abanduye 400.000.

Abamaze kwitaba Imana ni ibihumbi 226.

TAGGED:COVID-19featuredKenyaU Buhinde
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uko Byagenze Ngo Yiyemeze Kuzasazira Mu Rwanda: Ikiganiro n’Umunyamerikakazi Essence
Next Article RIB Yataye Muri Yombi Umushinjacyaha Ukekwaho Ruswa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Imirwano Hagati Ya Israel Na Hamas Yubuye

Abanyamerika Baramagana Perezida Wabo

U Rwanda Na Senegal Duhuriye Ku Kwita Kuri Ejo Hazaza H’Urubyiruko- Kagame

Faye Yahuye Na Kagame Ku Munsi Wa Kabiri W’Uruzinduko Rwe Mu Rwanda

Rwanda: Uruganda Rutunganya Imiti Ivuye Mu Rumogi Rugiye Kuzura

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nzanywe No Guhanga Udushya- Umuyobozi Mushya Wa Airtel Rwanda 

Indonesia, Azerbaijan Na Pakistan Mu Biganiro Na Amerika Byo Kohereza Ingabo Muri Gaza

Abakozi Ba RBC Bafunzwe Bazira Ruswa 

Perezida Wa Madagascar Yuhunze Igihugu 

Rwamagana: Ubuyobozi Bwamurikiwe Igishanga Gitunganyijwe Cya Cyaruhogo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha Rwanze Icyifuzo Cya Israel

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Umurundi Kirikou Akili Ukunzwe Mu Rwanda Ni Muntu Ki?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yakiriye Mugenzi We Wa Senegal 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

PM Nsengiyumva Asaba Abarangiza Kaminuza Kutazabera Igihugu Impfabusa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?