Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Batwitse Kiliziya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Batwitse Kiliziya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2024 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abakirisitu bahuruye ngo barebe niba hari icyarokotse
SHARE

Polisi ikorera i Kampala iri mu iperereza nyuma y’uko abantu bataramenyekana batwitse Kiliziya iri muri Paruwasi ya Kigungu Mapeera, alitari n’imyenda y’abahereza bigashya.

Umuvugizi wa Polisi muri uyu mujyi witwa Patrick Onyango avuga ko abatwitse alitari ya Kiliziya ari abantu bo kugawa cyane.

Avuga ko nta n’umwe muri bo urafatwa ariko batangiye gushakishwa.

Polisi ya Uganda yarebye isanga imyambaro abahereza ba Padiri bambaraga yahiye, irakongoka, udusanduku babikagamo amafaranga yatuwe natwo biratwiba.

Asaba abaturage kujya begera abayobozi bakabagezaho ibibazo bafitanye n’uwo ari we wese aho kwihimura ku bandi babatwikira ibikorwaremezo, agatanga urugero rw’iriya Kiliziya.

Umwe mu basengera muri iriya Kiliziya witwa Richard Sekyondo avuga ko we na bagenzi be batunguwe no kumva ko hari abantu batwitse iriya Kiliziya, akibaza icyabibateye.

Yabwiye The Monitor dukesha iyi nkuru ko nta muntu azi wari ufitanye ikibazo n’ubuyobozi bwa Paruwasi.

Annet Bibiyana Nabusoba we yabwiye iki kinyamakuru ko inkongi yadutse saa yine z’ijoro ryakeye.

Kiliziya yatwitswe yitiriwe Furere Simon Lourdel Mapeera Furere Delmas Amans, aba bakaba Abamisiyoneri ba mbere bageze muri Uganda baje kuhavuga ubutumwa bwiza bw’Umwami Yesu, hari Taliki 17, Mutarama, 1879.

TAGGED:AabajuraKiliziyaPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imishinga Ya Hanga Pitchfest Yahembwe Miliyoni Frw 110
Next Article Ibya APR FC Bikomeje Kwibazwaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUmutekano

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?