Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Batwitse Kiliziya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uganda: Batwitse Kiliziya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 November 2024 8:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abakirisitu bahuruye ngo barebe niba hari icyarokotse
SHARE

Polisi ikorera i Kampala iri mu iperereza nyuma y’uko abantu bataramenyekana batwitse Kiliziya iri muri Paruwasi ya Kigungu Mapeera, alitari n’imyenda y’abahereza bigashya.

Umuvugizi wa Polisi muri uyu mujyi witwa Patrick Onyango avuga ko abatwitse alitari ya Kiliziya ari abantu bo kugawa cyane.

Avuga ko nta n’umwe muri bo urafatwa ariko batangiye gushakishwa.

Polisi ya Uganda yarebye isanga imyambaro abahereza ba Padiri bambaraga yahiye, irakongoka, udusanduku babikagamo amafaranga yatuwe natwo biratwiba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Asaba abaturage kujya begera abayobozi bakabagezaho ibibazo bafitanye n’uwo ari we wese aho kwihimura ku bandi babatwikira ibikorwaremezo, agatanga urugero rw’iriya Kiliziya.

Umwe mu basengera muri iriya Kiliziya witwa Richard Sekyondo avuga ko we na bagenzi be batunguwe no kumva ko hari abantu batwitse iriya Kiliziya, akibaza icyabibateye.

Yabwiye The Monitor dukesha iyi nkuru ko nta muntu azi wari ufitanye ikibazo n’ubuyobozi bwa Paruwasi.

Annet Bibiyana Nabusoba we yabwiye iki kinyamakuru ko inkongi yadutse saa yine z’ijoro ryakeye.

Kiliziya yatwitswe yitiriwe Furere Simon Lourdel Mapeera Furere Delmas Amans, aba bakaba Abamisiyoneri ba mbere bageze muri Uganda baje kuhavuga ubutumwa bwiza bw’Umwami Yesu, hari Taliki 17, Mutarama, 1879.

- Advertisement -
TAGGED:AabajuraKiliziyaPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imishinga Ya Hanga Pitchfest Yahembwe Miliyoni Frw 110
Next Article Ibya APR FC Bikomeje Kwibazwaho
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?