Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Igiye Gukora Ibarura Rusange Ry’Abaturage N’Imiturire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uganda Igiye Gukora Ibarura Rusange Ry’Abaturage N’Imiturire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 September 2023 3:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cya Uganda gishinzwe ibarurishamibare, Uganda Bureau of Statistics, kivuga ko mu mpeshyi ya 2024 kizakora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire.

Hagati aho muri Mata, 2024, hateganyijwe ijoro ry’icyitegererezo mu ibarura aho abaturage bose basabwe kuzarara mu ngo zabo kugira ngo haboneke umubare utanga isura rusange y’uko abaturage bangana.

Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 47,729,952 ari bo batuye Uganda.

Ibarura ry’umwaka utaha, ryagombye kuba ryarabaye mu mwaka wa 2023 muri Kanama ariko bitinzwa n’ubukererwe bwabaye mu gutanga amasoko y’ibigo bizahatanira kubona no gusaraganya ibikoresho bizakenerwa muri ririya barura rusange.

Miliyari Shs 130 nizo zateganyirijwe kuzakoreshwa muri ririya barura nk’uko Minisitiri w’ikoranabuhanga n’ibikorerwa mu gihugu( ICT and National Guidance) witwa Dr. Chris Baryomunsi

Iri barura rizaba ari irya gatandatu Uganda ikoze kuva yabona ubwigenge.

Uganda ivuga ko abayituye nibamenyekana bose hakamenyekana n’aho batuye n’uko batuye bizafasha  mu ishyirwa mu bikorwa bya gahunda Guverinoma ya Uganda yihaye yitwaa National Development Plan, NDP.

Abantu 120,000 nibo bazakora muri iri barura rusange, rizaba mu mpeshyi ya 2024.

TAGGED:AbaturagefeaturedIbaruraUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urugaga Rw’Abakozi Rusaba Gutumirwa Mu Nama Zibafatira Ibyemezo
Next Article Inyangabirama Ntizishimiye Ko Kagame Akomeza Kutuyobora- Rutaremara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?