Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Igiye Gukora Ibarura Rusange Ry’Abaturage N’Imiturire
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Uganda Igiye Gukora Ibarura Rusange Ry’Abaturage N’Imiturire

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 September 2023 3:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cya Uganda gishinzwe ibarurishamibare, Uganda Bureau of Statistics, kivuga ko mu mpeshyi ya 2024 kizakora ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire.

Hagati aho muri Mata, 2024, hateganyijwe ijoro ry’icyitegererezo mu ibarura aho abaturage bose basabwe kuzarara mu ngo zabo kugira ngo haboneke umubare utanga isura rusange y’uko abaturage bangana.

Imibare y’agateganyo ivuga ko abantu 47,729,952 ari bo batuye Uganda.

Ibarura ry’umwaka utaha, ryagombye kuba ryarabaye mu mwaka wa 2023 muri Kanama ariko bitinzwa n’ubukererwe bwabaye mu gutanga amasoko y’ibigo bizahatanira kubona no gusaraganya ibikoresho bizakenerwa muri ririya barura rusange.

Miliyari Shs 130 nizo zateganyirijwe kuzakoreshwa muri ririya barura nk’uko Minisitiri w’ikoranabuhanga n’ibikorerwa mu gihugu( ICT and National Guidance) witwa Dr. Chris Baryomunsi

Iri barura rizaba ari irya gatandatu Uganda ikoze kuva yabona ubwigenge.

Uganda ivuga ko abayituye nibamenyekana bose hakamenyekana n’aho batuye n’uko batuye bizafasha  mu ishyirwa mu bikorwa bya gahunda Guverinoma ya Uganda yihaye yitwaa National Development Plan, NDP.

Abantu 120,000 nibo bazakora muri iri barura rusange, rizaba mu mpeshyi ya 2024.

TAGGED:AbaturagefeaturedIbaruraUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urugaga Rw’Abakozi Rusaba Gutumirwa Mu Nama Zibafatira Ibyemezo
Next Article Inyangabirama Ntizishimiye Ko Kagame Akomeza Kutuyobora- Rutaremara
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Bigoranye Police FC Yakuye Ku Izima APR FC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?