Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Mbonyi Yageze Ku Mutima W’Abafana Be
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Uganda: Mbonyi Yageze Ku Mutima W’Abafana Be

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 August 2024 8:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwand uririmbira Imana witwa Israel Mbonyicyambu amaze iminsi ibiri muri Uganda ashimisha abafana be. Yararabaririmbiye asiga bamwishimiye kurushaho.

Igitaramo cye cyatangiye taliki 23 kirangira taliki 25, Kanama, 2024 kubera ahitwa Lugogo  Cricket Oval mu Murwa mukuru wa Uganda.

Ugenekereje kitabiriwe n’abantu barenga 15,000.

Kirabiriwe n’Abanyarwanda baba muri Uganda ndetse n’abandi batuye iki gihugu giherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda.

Zimwe mu ndirimbo yaharirimbiye ni Nzi ibyo Nibwira kubagirira, Sinzibagirwa , Number One ariko aza guhindura ajya muzigezweho z’ubu zirimo n’iyitwa Ni Nasiri yabiciye mu Rwanda no muri Kenya.

Aho arangirije akazi, Mbonyi yagiye ku mbuga nkoranyambaga ashimira abafana be n’Imana yabimushoboje.

Ati:  “Mana yanjye! Kampala mbega ijoro ryuzuye amashimwe, wakoze Mana ku bw’ibi bihe bitazibagirana”.

Taliki 25  Mbonyi yataramiye ab’i Mbarara aba ari naho arangiriza ibitaramo yari yateguye gukorera muri Uganda.

Yagiye muri Uganda avuye muri Kenya mu Murwa mukuru Nairobi.

Naho yeretswe ko akunzwe cyane ndetse anabyerekwa na bamwe mu bayobozi bakuru b’iki gihugu.

Israel Mbonyi no mu Rwanda arakunzwe cyane kuko niwe wenyine mu baririmbira Imana wakoreshereje igitamo muri BK Arena ikuzura yose.

TAGGED:AbafanaImanaIndirimboIsraelMbonyiRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Za EAC Zo Gutabara Aho Rukomeye Ziratorezwa Mu Rwanda
Next Article Abayobozi B’Ibihugu Bya EAC Bategerejwe Muri Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?