Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Mbonyi Yageze Ku Mutima W’Abafana Be
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Uganda: Mbonyi Yageze Ku Mutima W’Abafana Be

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 August 2024 8:50 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umunyarwand uririmbira Imana witwa Israel Mbonyicyambu amaze iminsi ibiri muri Uganda ashimisha abafana be. Yararabaririmbiye asiga bamwishimiye kurushaho.

Igitaramo cye cyatangiye taliki 23 kirangira taliki 25, Kanama, 2024 kubera ahitwa Lugogo  Cricket Oval mu Murwa mukuru wa Uganda.

Ugenekereje kitabiriwe n’abantu barenga 15,000.

Kirabiriwe n’Abanyarwanda baba muri Uganda ndetse n’abandi batuye iki gihugu giherereye mu Majyaruguru y’u Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Zimwe mu ndirimbo yaharirimbiye ni Nzi ibyo Nibwira kubagirira, Sinzibagirwa , Number One ariko aza guhindura ajya muzigezweho z’ubu zirimo n’iyitwa Ni Nasiri yabiciye mu Rwanda no muri Kenya.

Aho arangirije akazi, Mbonyi yagiye ku mbuga nkoranyambaga ashimira abafana be n’Imana yabimushoboje.

Ati:  “Mana yanjye! Kampala mbega ijoro ryuzuye amashimwe, wakoze Mana ku bw’ibi bihe bitazibagirana”.

Taliki 25  Mbonyi yataramiye ab’i Mbarara aba ari naho arangiriza ibitaramo yari yateguye gukorera muri Uganda.

Yagiye muri Uganda avuye muri Kenya mu Murwa mukuru Nairobi.

- Advertisement -

Naho yeretswe ko akunzwe cyane ndetse anabyerekwa na bamwe mu bayobozi bakuru b’iki gihugu.

Israel Mbonyi no mu Rwanda arakunzwe cyane kuko niwe wenyine mu baririmbira Imana wakoreshereje igitamo muri BK Arena ikuzura yose.

TAGGED:AbafanaImanaIndirimboIsraelMbonyiRwandaUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabo Za EAC Zo Gutabara Aho Rukomeye Ziratorezwa Mu Rwanda
Next Article Abayobozi B’Ibihugu Bya EAC Bategerejwe Muri Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

AI: Igikoresho Cy’Ingirakamaro Ku Munyamakuru Uzi Icyo Ashaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?