Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda yasabye Google guhagarika imbuga za YouTube ivuga ko zangisha Leta abaturage
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda yasabye Google guhagarika imbuga za YouTube ivuga ko zangisha Leta abaturage

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 December 2020 9:06 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe kugenzura itangazamakuru muri Uganda(Uganda Communications Commission) bwaraye busabye Google  guhagarika imbuga za YouTube 14 bushinja ko zangisha Leta abaturage. Muri zo hari mo iyitwa Bobi Wine 2021.

Amabwiriza asaba ko ziriya  YouTube zifungwa avuga ko ziri gukoreshwa mu kwangisha Leta abaturage binyuze mu gutangaza amakuru adahuje n’ukuri, harimo no gukabiriza ibintu.

Avuga kandi ngo ni uko ziriya mbuga zituma abantu bica nkana amategeko kandi zigatuma abantu bishora mu rugomo.

Imidugararo yadutse  muri Uganda rwagati mu Ugushyingo, 2020 yahitanye abantu bagera kuri 50.

Yatewe n’uko abantu batishimiye ifatwa n’ifungwa rya Depite Robert Kyagulanyi uzwi ku izina rya Bobi Wine usanzwe ayobora ishyaka ryitwa National Unity Platform (NUP).

Niwe ukomeye mu bandi bahanganye na Perezida Museveni ku mwanya wo kuyobora Uganda.

Imbuga zahagaritswe ni izi:

– Bobi Wine 2021,

-JB Muwunge 2,

-Ekyooto TV,

-KK TV,

-Map Mediya TV,

-Uganda Empya,

-Busesa Media Updates,

-Ghetto TV,

-Uganda News Updates,

-Uganda Yaffe,

-Tranding Channel UG,

-Lumbuye Fred,

-TMO Online,

-Namungo TV.

TAGGED:BobifeaturedImbugaUgandaWineYouTube
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IGP Munyuza yasuye ishuri rya Polisi ya Zambia
Next Article Nidufatanya tuzatsinda imbogamizi k’umutekano muri EAC- Gen J.Jacques Mupenzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abangavu B’u Rwanda Batangiye Neza Irushanwa Nyafurika Rya Basketball

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?