Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uhagarariye DRC Mu Bufaransa Yasabwe Gutaha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uhagarariye DRC Mu Bufaransa Yasabwe Gutaha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 30 December 2022 2:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amb Isabel Tshombe uhagarariye Repubulika ya Demukarasi ya Congo  mu Bufaransa yahamagajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’igihugu cye kugira ngo agire ibyo asobanura.

Arashinjwa kurigisa Miliyoni € 2.5 ariko hari n’amakuru avuga ko yatwaye menshi kurusha avugwa kugeza ubu n’ubwo iperereza rigikomeje.

Jeune Afrique ivuga ko Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Repubulika ya Demukarasi Christophe Lutundula ari we wohereje ibaruwa muri Ambasade y’igihugu cye mu Bufaransa ategeka ko Tshombe ataha bitarenze taliki 15, Mutarama, 2023.

Uyu mugore yatangiye guhagararira igihugu cye mu Bufaransa muri Mutarama, 2022.

Agomba gutaha i Kinshasa agasobanura iby’isesagura ry’umutungo w’igihugu akekwaho.

Ibaruwa imusobanurira impamvu atumijwe, ifite paji ebyiri ikaba yaramugezeho taliki 27. Ukuboza, 2022.

Nagera i Kinshasa azitaba Komisiyo ya disipuline imubaze icyatumye ashora amaboko mu kigega cya Leta.

TAGGED:AmbasaderiBufaransaCongoDemukarasifeaturedLutundula
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Ibiro Byinshi By’Aho Abazatora Biyandikishiriza Ntibikora
Next Article Afurika y’Epfo: Abishwe N’Ikamyo Yaturitse Itwaye Essence Bageze Kuri 34
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?