Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukekwaho Kwiba Telefoni Ya The Ben Agiye Gufungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Ukekwaho Kwiba Telefoni Ya The Ben Agiye Gufungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 6:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umusore bita X-Dealer( amazina nyayo ni Eric Ndagijimana) yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gufungwa iminsi  30 y’agateganyo nyuma y’uko rusanze impamvu zatanzwe n’ubushinjacyaha zo kumufunga iriya minsi zifite uburemere.

Uyu mwanzuro wasomye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Ukwakira, 2023 ariko ntihatangazwa ibikubiye muri uwo mwanzuro mu buryo burambuye.

Urukiko ruvuga ko ababuranyi bazasanga uwo mwanzuro muri ‘système.’

Ku wa Gatanu taliki 20, Ukwakira, 2023, uregwa yari yaburanye ahakana icyaha, avuga ko abamushinja ‘nta gihanga bamufatanye.’

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibyo yabivuze mu gihe hari umusore wamushinjaga ko yamushyiriye iriya telefoni ngo ayikuremo ijambo ry’ibanga( code), hakaba n’undi wamushinje ko bafatanyije gutegura uwo mugambi.

Iyo telefoni yibiwe mu Burundi taliki 30, Nzeri, 2023 ubwo The Ben yahakoreraga ibitaramo by’imbaturamugabo.

TAGGED:BurundifeaturedtelefoniThe BenUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yatwitse Bikomeye Aho Hamas Yarasiraga Roquettes
Next Article Amasasu Yavuye Muri DRC Akomeretsa Umuturage W’i Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?