Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukekwaho Kwiba Telefoni Ya The Ben Agiye Gufungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Ukekwaho Kwiba Telefoni Ya The Ben Agiye Gufungwa Iminsi 30 Y’Agateganyo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 October 2023 6:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umusore bita X-Dealer( amazina nyayo ni Eric Ndagijimana) yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gufungwa iminsi  30 y’agateganyo nyuma y’uko rusanze impamvu zatanzwe n’ubushinjacyaha zo kumufunga iriya minsi zifite uburemere.

Uyu mwanzuro wasomye kuri uyu wa Mbere taliki 23, Ukwakira, 2023 ariko ntihatangazwa ibikubiye muri uwo mwanzuro mu buryo burambuye.

Urukiko ruvuga ko ababuranyi bazasanga uwo mwanzuro muri ‘système.’

Ku wa Gatanu taliki 20, Ukwakira, 2023, uregwa yari yaburanye ahakana icyaha, avuga ko abamushinja ‘nta gihanga bamufatanye.’

Ibyo yabivuze mu gihe hari umusore wamushinjaga ko yamushyiriye iriya telefoni ngo ayikuremo ijambo ry’ibanga( code), hakaba n’undi wamushinje ko bafatanyije gutegura uwo mugambi.

Iyo telefoni yibiwe mu Burundi taliki 30, Nzeri, 2023 ubwo The Ben yahakoreraga ibitaramo by’imbaturamugabo.

TAGGED:BurundifeaturedtelefoniThe BenUmuhanzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Israel Yatwitse Bikomeye Aho Hamas Yarasiraga Roquettes
Next Article Amasasu Yavuye Muri DRC Akomeretsa Umuturage W’i Rubavu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?