Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Abatavuga Rumwe Na Leta Ya DRC Babona Amasezerano N’u Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Uko Abatavuga Rumwe Na Leta Ya DRC Babona Amasezerano N’u Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 July 2025 5:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe na Leta ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo na Sosiyete Sivile basohoye itangazo rivuga ko ibyemerejwe i Washington hagati ya Kigali na Kinshasa hari abo byirengagije bityo ko bitazaramba.

Abagize ayo mahuriro bavuga ko n’ubwo hari ibifatika bikubiye muri ariya masezerano, ku rundi ruhande, hari ibyo yirengagije kuko ngo yasinywe hirengagijwe ko hari ibindi bihugu cyangwa amatsinda manini bifite kandi byagize uruhare mu byabereye muri DRC bityo ko n’urwo ruhande ruhande rwari bwinjizwe mu biganiro.

Bavuga ko, bitewe n’izo mpamvu, ariya masezerano atazaramba.

Abatavuga rumwe na Leta ya DRC bayishinja kandi imikorere idateza imbere Demukarasi irimo icyenewabo, ruswa no kutubahiriza uburenganzira bw’abantu.

Nk’uko biherutse gusabwa kandi na Kiliziya Gatulika, kuri bo ngo ni ngombwa ko n’inzego z’imbere mu gihugu zihabwa umwanya muri ibyo biganiro.

Bemeza ko ibyo ari byo byazatuma igihugu gitekana birambye.

TAGGED:AmahoroAmasezeranoCongoDRCfeaturedGusinyaIntambara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwifatanyije N’Ingabo Z’Ubushinwa Mu Kwizihiza Isabukuru Yazo
Next Article Syria Yadutsemo Imyiryane
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?