Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ibipimo By’Imibereho Y’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bihagaze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Uko Ibipimo By’Imibereho Y’Abatuye Umujyi Wa Kigali Bihagaze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 June 2025 1:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyaretse ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali uko cyasanze abawutuye babayeho.

Nyuma yo kubibona babikubiye mucyo bise Ubushakashatsi ku Mibereho y’Ingo Icyiciro cya Karindwi, EICV7.

Bimwe mu byagaragaye ni uko muri rusange, imibareho yabo yarushijeho kuba myiza, ugereranyije n’ibyari byavuye mu bushakashatsi nk’ubwo bwakozwe mu 2017.

Abahanga basanze igipimo cy’abaturage bakennye mu Mujyi wa Kigali cyaravuye kuri 39.8%, ubu kigeze kuri 27.4%

Icy’ubukene bukabije cyavuye kuri 11.3%, kugera kuri 5.4%

Ikindi ni uko ikigereranyo cy’abafite umurimo kigeze kuri 73%, kivuye kuri 64.7%

Amazi meza yo kunywa yageze ku bangana na 97.9%, bavuye kuri 95.5%

Abakoresha ibicanwa bitangiza ibidukikije (Gas & Biogas) ni 23.4%, bavuye kuri 6.2% mu mwaka wa 2017.

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe ibukungu n’imibereho y’abaturage, Urujeni Martine yavuze ko ibyavuye muri ubwo bushakashatsi bizafasha Umujyi kumenya aho gushyira imbaraga mu ishyirwa mu bikorwa ry’imishinga igamije kugabanya ubukene no guteza imbere imibereho myiza y’abaturage.

Umujyi wa Kigali utuwe n’abantu barenga Miliyoni imwe kandi bariyongera cyane.

Uko byifashe mu magambo avunaguye.

Ubwo bwiyongere buterwa ahanini n’uko ari wo ubonekamo ibikorwaremezo byinshi kandi bikenerwa cyane mu kwiteza imbere.

Ni umujyi kandi waguka cyane ku buryo ukeneye kubakwamo ibikorwaremezo byinshi kandi bigezweho.

TAGGED:AbaturagefeaturedIbikorwaremezoKigaliUmujyiUrujeni
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article DRC: Abasirikare Ku Rugamba Barya Mu Minsi 15 Gusa
Next Article U Rwanda Rugiye Gufungura Ambasade Muri Algeria
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

Nyagatare: Hatangijwe Umushinga Mugari Wo Guhinga Ubutaka Bukomatanyije

Abanyamakuru Barekuwe N’Urukiko Rwa Gisirikare

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Ingengabihe Y’Umwaka Utaha W’Amashuri Yatangajwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yanditse Igitabo Ku Gahinda Yatewe No Gupfusha Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?