Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImyidagaduroMu Rwanda

Uko Ibya Giants Of Africa Biteganyijwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 July 2025 11:38 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni igikorwa kibamo byinshi byo kwidagadura.
SHARE

Harabura igihe gito ngo iserukiramuco rya Giants of Africa ritangire kubera mu Rwanda. Kugeza ubu amatike yose yamaze kugurwa kuko nayari yasohotse yahise agurwa byihuse.

Iri serukiramuco rizatangira tariki 27, Nyakanga, 2025 rirangire mu ntangiriro za Kanama uyu mwaka.

Igitaramo cyo kurifungura kizaba ku Cyumweru Tariki 27, Nyakanga, 2025, kikazakorwa n’abahanzi  Chriss Eazy, Boukuru, Ruti Joel, Kevin Kade, Uncle Waffles na Sherrie Silver Foundation.

Icyo kurirangiza cyo kizakorwa n’abahanzi Ayra Starr, The Ben, Timaya na Kizz Daniel.

Giants of Africa ni umuryango usanzwe ufasha urubyiruko rwa Afurika gukuza impano mu mukino wa Basketball.

Ni igitekerezo cya benshi ariko cyane cyane Umwongereza ukomoka ku mubyeyi wo muri Kenya n’uwo muri Nigeria witwa Massai Ujiri, wasanze bikwiye ko Abanyafurika bahabwa amahirwe yo gukina Basket bakiri bato, bagakuza impano kandi bakagira ibikorwaremezo iwabo bibibafashamo.

Ubwo riheruka ryahujwe no kwizihiza imyaka 20 uyu muryango umaze ushinzwe, ryitabirwa n’urubyiruko rurenga 250 rwari rwaturutse mu bihugu 16 birimo Sénégal, Mali, Nigeria, Cameroun, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Sudani y’Epfo, Uganda, u Rwanda, Tanzania, Kenya na Somalia.

Kuri iyi nshuro bwo rizahuza, by’umwihariko, urubyiruko 320 rwo mu bihugu 20.

TAGGED:AbahanziGiantsImyidagaduroIserukiramucoKagameKigali
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RBC Igiye Kuba Ikigo Gikomeye Mu By’Ubuzima Muri Afurika
Next Article CSP Sengabo Yongeye Kugirwa Umuvugizi W’urwego Rw’Igorora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?