Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uko Impuguke Ibona Ibiri Kubera Mu Karere U Rwanda Ruherereyemo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Uko Impuguke Ibona Ibiri Kubera Mu Karere U Rwanda Ruherereyemo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2022 3:43 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Dr Ismael Buchanan
SHARE

Mu Byumweru bibiri bishize, mu Karere u Rwanda ruherereyemo habereye ingendo z’abayobozi batandukanye biganjemo abadipolomate  bo muri Uganda bazaniraga Abakuru b’ibihugu( u Rwanda, Uganda na Tanzania) ubutumwa bagenewe na mugenzi wabo uyobora Uganda.

N’ubwo nta makuru arambuye yatangajwe ku byabaga bikubiye muri buriya butumwa, Umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda wigisha Politiki  witwa Dr Ismaïl Buchanan avuga ko byanze bikunze buriya butumwa bugamije gusubiza umubano mu buryo.

Avuga ko abatuye Akarere k’Ibiyaga bigari by’Afurika u Rwanda ruherereyemo ‘banyotewe’  amahoro  n’umutekano kugira ngo bongere bahahirane nk’uko byahoze.

Dr Buchanan ati: “ Urebye inzinduko ziri kuba muri iki gihe, ukareba n’uko ibintu bihagaze muri iki gihe ubona ko bitanga icyizere ntashidikanywaho ko ibintu biri hafi gusubira mu buryo.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yasubije amaso inyuma yibuka uko ibintu byahoze ubwo u Rwanda rutari rubanye neza n’u Burundi, rutabanye neza na Tanzania( ku gihe cya Jakaya Kikwete), rutabanye neza na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Ku bivugwa ko Uganda yagiye muri Repubulika ya Demukarasi igamije kuzahungabanya u Rwanda, Dr Buchanan avuga ababivuga bibeshya kuko ibihugu byombi biharanira guteza imbere umutekano hagamijwe ubuhahirane.

Ku rundi ariko, yemeza ko hakiri ikibazo cy’imitwe ihungabanya umutekano mu karere ibi bihugu biherereyemo bityo kuba Uganda yaragiyeho nta gitangaza kirimo kuko n’u Rwanda rwigeze kujyayo kwirukana aba FDLR.

Ikindi cyerekana ko u Rwanda rushaka umubano mwiza  n’amahanga ni uko Minisitiri warwo ushinzwe ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta yitabiriye Inama y’ibihugu byo mu Karere yiga ku mutekano yabereye muri Congo Brazaville.

Dr Biruta niwe wahagarariye u Rwanda muri iyi nama

Muri iyi nama ya 20 iri kubera Brazaville iraberamo ihererekanya bubasha ry’ubuyobozi bw’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe bw’Afurika bwari busanzwe bufitwe na Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

- Advertisement -

Ku gahunda y’igihugu kigomba kuwuyobora hariho Congo- Brazaville iyoborwa na Denis Sassou Nguesso.

Iyi nama iritabirwa n’abandi bayobozi bakuru barimo na Perezida wa Komisiyo y’Afurika yunze ubumwe umunya Chad Moussa Faki Mahamat.

TAGGED:AkarereBuchananfeaturedRwandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Colonel Gatabazi Wasabiwe Gukurikiranwaho Iterabwoba Ni Muntu Ki?
Next Article Abagaba b’Ingabo Zirwanira Mu Kirere Muri Afurika Bagiye Guhurira i Kigali
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?