Mu gihe ibikorwa by’ububanyi n’amahanga bishyushye mu Byumweru nka bitatu bishize, Umutwe wa 23 wo ukomeje kotsa igitutu ingabo za DRC ndetse ngo ziri mu bilometero...
Mu Byumweru bibiri bishize, mu Karere u Rwanda ruherereyemo habereye ingendo z’abayobozi batandukanye biganjemo abadipolomate bo muri Uganda bazaniraga Abakuru b’ibihugu( u Rwanda, Uganda na Tanzania)...
Mu gihe habura iminsi ibiri ngo muri Uganda habe amatora y’Umukuru w’Igihugu, Umwarimu wa Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda, Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba...
Dr Ismael Buchanan wigisha Politiki mpuzamahanga muri Kaminuza y’u Rwanda avuga kuba hari Abanyamerika bagitsimbaraye kuri Paul Rusesabagina bakanandikira Perezida Kagame bamubwira ko agomba kumurekura ari...
Umuhanga mu bubanyi n’amahanga akaba n’umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda Dr Ismael Buchanan avuga ko kuba Perezida Tshisekedi yaraye afashe umwanzuro w’uko ishyaka rye ryitandukanyije n’iry’uwo...