Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukraine: Uburusiya Buravugwaho Kurasa Missile Yishe Abasivile 31
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Ukraine: Uburusiya Buravugwaho Kurasa Missile Yishe Abasivile 31

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2025 1:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu 31 nibo bivugwa ko baguye mu gitero cyagabwe n’ingabo z’u Burusiya muri Ukraine mu Mujyi witwa Sumy abandi 84 barakomereka.

Perezida wa Ukraine witwa Volodymyr Zelensky avuga ko u Burusiya bwagabye igitero gikomeye bukoresheje bombi bita ballistique.

Yasabye amahanga guhaguruka akamagana kandi agahana u Burusiya kubera igitero avuga ko ari icya kinyamaswa.

Umunyamakuru wa BBC ukorera muri Ukraine avuga ko ahaabwe kiriya gitero hasanzwe n’ubundi hari mu hantu u Burusiya busanzwe buteganya kuzagaba ibitero karahanutaka.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Ukraine witwa Andrii Sybiha avuga ko kugaba igitero nka kiriya ku munsi w’Imana( ku Cyumweru) ari igikorwa cya Sekibi.

Avuga ko ababishinzwe mu gihugu cye bari gutegura ibisobanuro birambuye kuri kiriya gitero gifatwa nk’icyaha cy’intambara.

Yasabye ko amahanga akwiye kwamagana ibyakozwe na Moscow kuko byishe nkana amasezerano mpuzamahanga yo kurinda abasivile mu bhe by’intambara.

TAGGED:featuredigisasuIntambaraMissileUburusiyaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Bagwiriwe N’Urukuta Rwa Lodge Bari Baryamyemo
Next Article Abanyapolitiki ba PL Tubibuka Buri Munsi- Mukabalisa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?