Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukraine Yakiriye Ibisasu Yari Yarifuje Kuva Kera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ukraine Yakiriye Ibisasu Yari Yarifuje Kuva Kera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 July 2023 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibisasu Ukraine yari yaratse Amerika ngo zizayifashe kuzahaza abasirikare b’Uburusiya bayizengereje yabibonye.

Ibya mbere yabyakiriye kuri uyu wa Gatanu taliki 14, Nyakanga, 2023 nk’uko Al Jazeera yabyanditse.

Hagati aho kandi ingabo za Ukraine zivuga ko zahanuye indege za drones z’Uburusiya zari zoherejwe mu kirere cyayo.

Ibisigazwa byazo byahanutse bigwa hejuru y’inzu zo mu Murwa mukuru Kyiv.

Abasirikare bakuru ba Ukraine bavuze ko biriya bisasu bizakoreshwa mu buryo butangiza byinshi.

Icyakora abahanga bavuga ko ibyo abo basirikare bavuga bidashoboka kuko biriya bisasu  bifite ubushobozi bwo guturika bikageza ubumara kure cyane k’uburyo bihitana abasivili barimo n’abana.

TAGGED:AbasirikareImbundaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Yungutse Abofisiye 501
Next Article Kigali: Ufite Ubumuga Yafatanywe N’Abandi Bibaga Telefoni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

Kabila Arasomerwa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?