Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukraine Yakiriye Ibisasu Yari Yarifuje Kuva Kera
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ukraine Yakiriye Ibisasu Yari Yarifuje Kuva Kera

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 July 2023 2:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibisasu Ukraine yari yaratse Amerika ngo zizayifashe kuzahaza abasirikare b’Uburusiya bayizengereje yabibonye.

Ibya mbere yabyakiriye kuri uyu wa Gatanu taliki 14, Nyakanga, 2023 nk’uko Al Jazeera yabyanditse.

Hagati aho kandi ingabo za Ukraine zivuga ko zahanuye indege za drones z’Uburusiya zari zoherejwe mu kirere cyayo.

Ibisigazwa byazo byahanutse bigwa hejuru y’inzu zo mu Murwa mukuru Kyiv.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abasirikare bakuru ba Ukraine bavuze ko biriya bisasu bizakoreshwa mu buryo butangiza byinshi.

Icyakora abahanga bavuga ko ibyo abo basirikare bavuga bidashoboka kuko biriya bisasu  bifite ubushobozi bwo guturika bikageza ubumara kure cyane k’uburyo bihitana abasivili barimo n’abana.

TAGGED:AbasirikareImbundaUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Polisi Yungutse Abofisiye 501
Next Article Kigali: Ufite Ubumuga Yafatanywe N’Abandi Bibaga Telefoni
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?