Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ukuri Kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi Kugomba Gukomeza Gucukumburwa- Macron
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Kwibuka27

Ukuri Kuri Jenoside Yakorewe Abatutsi Kugomba Gukomeza Gucukumburwa- Macron

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 April 2021 6:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu butumwa buto yaraye ashyize kuri Twitter yifatanya n’Abanyarwanda kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ko buri tariki 07, Mata, 2021 ari umunsi wo kuyibuka  kandi ko gucukumbura ukuri kuri yo bigomba gukomeza.

Yanditse ati : « Tariki 07, Mata ni umunsi igihugu cyacu kibuka Jenoside yakorewe Abatutsi. Tuzirikana abayiguyemo, abayirokotse, imiryango yabo, n’Abanyarwanda muri rusange. Akazi ko gukomeza gushakisha ukuri kuri yo kagomba gukomeza, abantu bagacukumbura inyandiko zivuga ibyabaye muri kiriya gihe. »

Ubutumwa bwa Macron buje nyuma y’uko Abanyarwanda barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi baba mu Bufaransa bamwandikiye ibaruwa basaba igihugu cye kwerura kigasaba u Rwanda imbabazi.

Babishingiye ku biherutse gutangazwa muri raporo yiswe iya  Duclert, bivuga ko u Bufaransa bwarengeje ingohe ibikorwa bya Leta ya Habyarimana yateguraga Jenoside yakorewe Abatutsi kugeza ubwo buyishyize mu bikorwa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

TAGGED:AbanyarwandaDuclertfeaturedJenosideMacronMataRaporo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Adeline Rwigara Yatumijwe Na RIB, Ati: ‘Sinzitaba’
Next Article Ouattara Yahaye Ikaze Gbagbo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misa Ya Mbere Ya Papa Leo XIV Yasomewe Ku Mva Ya Papa Francis

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?