Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umu Diplomate Wa Ethiopia Muri USA Yeguye Kubera Iby’I Tigray
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umu Diplomate Wa Ethiopia Muri USA Yeguye Kubera Iby’I Tigray

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 March 2021 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bakozi bakuru muri Ambasade ya Ethiopia muri USA iwtwa Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we kubera icyo yise ibyaha bya Jenoside Guverinoma ye avuga ko ikorera abatuye Tigray.

Yagize ati: “ Ndeguye kuko ntashobora gukomeza guhagararira Leta yanjye kuko iri gukorera Jenoside abatuye Intara ya Tigray. Sinifuza gukomeza kuyihagararira kandi ikora ibyaha nka biriya.”

Yavuze ko Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ayoborana Ethiopia inkoni y’icyuma, kandi ko ibyo akora bisenya igihugu kurusha uko bicyubaka.

BBC yanditse ko Bwana Berhane yanenze ko ubutegetsi bwa Ethiopia bwemereye ingabo za  Eritrea kwinjira ku butaka bwayo cyane cyane mu gace ka Amhara kugira ngo bakorere ibya mfura mbi abahatuye.

Leta ya Eritrea n’iya Ethiopia bihakana ko hari abasirikare ba Eritrea bari ku butaka bwa Ethiopia mu gace ka Tigray.

Mu ntangiriro z’Ukuboza, 2020 hari amakuru yavugaga ko ku mupaka wa Eritrea na Ethiopia hari abasirikare benshi ba Eritrea bahorejwe yo.

Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we

Icyo gihe hari ubwoba ko Eritrea ishobora kwinjira mu ntambara bikaba byatuma intambara ifata isura y’Akarere kose k’Ihembe ry’Afurika.

Ingabo za Eritrea zoherejwe ku mupaka wayo na Ethiopia mu rwego rwo gukumira ko abarwanyi ba TPLF bahungira ku butaka bwayo.

TAGGED:EthiopiaJenosideUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rugo Rw’Umugore W’I Nyabihu Habonetse Imibiri
Next Article Perezida Kagame na Madamu Bakingiwe COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?