Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umu Diplomate Wa Ethiopia Muri USA Yeguye Kubera Iby’I Tigray
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umu Diplomate Wa Ethiopia Muri USA Yeguye Kubera Iby’I Tigray

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 March 2021 3:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umwe mu bakozi bakuru muri Ambasade ya Ethiopia muri USA iwtwa Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we kubera icyo yise ibyaha bya Jenoside Guverinoma ye avuga ko ikorera abatuye Tigray.

Yagize ati: “ Ndeguye kuko ntashobora gukomeza guhagararira Leta yanjye kuko iri gukorera Jenoside abatuye Intara ya Tigray. Sinifuza gukomeza kuyihagararira kandi ikora ibyaha nka biriya.”

Yavuze ko Minisitiri w’Intebe Abiy Ahmed ayoborana Ethiopia inkoni y’icyuma, kandi ko ibyo akora bisenya igihugu kurusha uko bicyubaka.

BBC yanditse ko Bwana Berhane yanenze ko ubutegetsi bwa Ethiopia bwemereye ingabo za  Eritrea kwinjira ku butaka bwayo cyane cyane mu gace ka Amhara kugira ngo bakorere ibya mfura mbi abahatuye.

Leta ya Eritrea n’iya Ethiopia bihakana ko hari abasirikare ba Eritrea bari ku butaka bwa Ethiopia mu gace ka Tigray.

Mu ntangiriro z’Ukuboza, 2020 hari amakuru yavugaga ko ku mupaka wa Eritrea na Ethiopia hari abasirikare benshi ba Eritrea bahorejwe yo.

Berhane Kidanemariam yeguye ku mwanya we

Icyo gihe hari ubwoba ko Eritrea ishobora kwinjira mu ntambara bikaba byatuma intambara ifata isura y’Akarere kose k’Ihembe ry’Afurika.

Ingabo za Eritrea zoherejwe ku mupaka wayo na Ethiopia mu rwego rwo gukumira ko abarwanyi ba TPLF bahungira ku butaka bwayo.

TAGGED:EthiopiaJenosideUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Rugo Rw’Umugore W’I Nyabihu Habonetse Imibiri
Next Article Perezida Kagame na Madamu Bakingiwe COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

You Might Also Like

ImikinoUbubanyi n'Amahanga

Kagame yashimye ‘Senegal’ Yatwaye AFCON

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Hagiye Gukorwa Filimi Yerekana Ibyabereye Mu Bisesero

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Urubyiruko Rw’u Rwanda Rurasabwa Kuba Abahamya B’Indangagaciro Zarwo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?