Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubano W’u Rwanda Na Pakistan Wagukiye Mu Mikoranire Ya Za Sena
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Umubano W’u Rwanda Na Pakistan Wagukiye Mu Mikoranire Ya Za Sena

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 November 2023 10:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku munsi wa nyuma w’uruzinduko rw’iminsi ine Perezida wa Sena y’u Rwanda Dr. François Xavier Kalinda yagiriraga muri Pakistan, yasinyanye na mugenzi  we Muhammad Sadiq Sanjrani amasezerano y’imikoranire hagati ya za Sena z’ibihugu byabo.

Kigali na Islamabad basanganywe umubano w’ubuhahirane ushingiye ku bucuruzi bw’ibikomoka ku buhinzi n’ibindi.

Ni ubucuruzi bubarirwa agaciro ka miliyari Frw 34 kandi u Rwanda niryo rwoherezayo byinshi cyane kuko icyayi kingana na 70% by’icyo rweza cyorerezwa Pakistan.

Mu ruzinduko rwa Perezida wa Sena y’u Rwanda yaganiriye kandi na Perezida wa Repubulika ya Kiyisilamu ya Pakistan, Arif Alvi n’abandi bayobozi batandukanye mu nzego z’iki gihugu.

Dr Kalinda François Xavier, muri Nzeri, 2023  yakiriye  Ambasaderi mushya wa Pakistan mu Rwanda, Naeem Ullah Khan, bagirana ku bufatanye hagati y’Inteko Zishinga Amategeko n’uburyo bwo kuzamura ubucuruzi hagati y’ibihugu byombi.

U Rwanda kandi rufitanye na Pakistan imikoranire n’ubuhahirane ishingiye ku masezerano yashyizweho umukono mu nzego zitandukanye zirimo umutekano, ubuzima ubucuruzi n’izindi.

Ambasaderi wa Pakistan  mu Rwanda Naeem Ullah Khan aherutse gutangaza ko igihugu cye gifite gahunda yo gufungura icyanya cyahariwe ubucuruzi n’inganda mu Rwanda.

TAGGED:featuredIngandaKalindaPakistanPerezidaRwandaSena
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Nepal: Abantu 143 Bishwe N’Umutingito
Next Article Avuga Ko Ikibi Kurusha Ibindi Muri Gereza Ko Ari Ukutagira Internet
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Gaza: Ingabo Za Israel Zishe Abanyamakuru

Bafatanywe lbilo 30 By’urumogi Babitwaye Kuri Moto

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?