Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubano W’u Rwanda Na Qatar Urakomeye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umubano W’u Rwanda Na Qatar Urakomeye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 December 2024 10:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb Olivier Nduhungirehe ashima urwego umubano w’u Rwanda na Qatar ugezeho, akavuga ko ibikorwa byivugira.

Mu gitaramo cyo kwizihiza igihe Qatar imaze ari igihugu kigenga kandi kihagazeho ni ho yabivugiye.

Nduhungirehe avuga ko ubufatanye hagati y’u Rwanda na Qatar bukomeye mu nzego z’ubucuruzi, ishoramari, guteza imbere ibikorwaremezo no mu rwego rwo gutwara abantu n’ibintu mu ndege.

Ati: “ u Rwanda na Qatar bisangiye icyerekezo mu iterambere rirambye. Imikoranire hagati yacu irakomeye kandi imaze igihe. Turacyakorana kandi tuzakomeza gukorana no mu bundi buryo buzaboneka mu gihe kiri imbere”.

Ambasaderi wa Qatar mu Rwanda nawe yashimye ubwo bufatanye avuga ko igihugu cye kizakomereza muri uwo mujyo.

Yashimiye uruhare u Rwanda rugira mu gutuma andi mahanga atekana, avuga ko igihugu cye kizakomeza kurufasha muri uwo mujyo.

Ikigo cya Qatar gitwara abagenzi mu ndege kitwa Qatar Airways gisanzwe gikorana n’icy’u Rwanda, RwandAir.

 

TAGGED:featuredNduhungireheQatarRwandaUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kicukiro: Mbere Yo Kwiyahura Yanditse Ibaruwa…
Next Article DRC: Rurahinanye Hagati Ya M23 Na FARDC Ngo Hagire Uwigarurira Lubero
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?