Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubano W’u Rwanda N’Amerika Ni Kimeza- Yolande Makolo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umubano W’u Rwanda N’Amerika Ni Kimeza- Yolande Makolo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 31 July 2023 3:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda Yolande Makolo avuga ko umubano w’u Rwanda n’Amerika ari kimeza kandi ikomeye.

Yabivugiye mu muhango wo kwishmira uko ibihugu byombi bibanye wabereye mu Nteko ishinga amategako y’Amerike, Capitol, mu mpera z’Icyumweru cyarangiye taliki 30, Nyakanga, 2023.

Hari ku wa Gatanu taliki 28, Nyakanga, 2023.

Makolo avuga ko imbuto ziva muri uwo mubano zigaragarira buri wese uzi uko Kigali ibanye na Washington.

Mu gikorwa cyo kwishimira uyu mubano, hari hari n’uwaro uhagarariye ubuyobozi bw’Inteko ishinga amategeko y’Amerika witwa Trent Kelly ndetse na Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika Prof Mathilde Mukantabana.

Abandi bawitabiriye ni ba Ambasaderi 10 batandukanye bahagarariye ibihugu byabo muri Amerika, abakozi bakuru muri Sena y’Amerika, abahanga muri za Kaminuza zo muri kiriya gihugu n’abandi bafite ijwi rikomeye muri iki gihugu kirusha ibindi ubuhangange.

Yolande Makolo yavuze ko ubucuti bw’u Rwanda n’Amerika bwatumye rutera imbere kandi ibyo Abanyarwanda barabishima.

Umuzi shingiro wabyo ni ubucuti bwa kimeza kandi butajegajega.

Muri uyu mujyo, Hon Trent Kerry wari uhagarariye Amerika muri iki gikorwa, yavuze ko imwe mu mpamvu zituma igihugu cye gikorana n’u Rwanda ari uko rufite ‘imiyoborere iboneye.’

Ambasaderi w’u Rwanda muri Amerika Prof Mathilde Mukantabana yashimiye abandi bayobozi mu Nteko ishinga amategeko ya Amerika bitabiriye uriya muhango, abo bakaba barimo Ron Estes wa Kansas na James Baird wa Leta ya Indiana.

Abashimira ko uruhare rwa buri wese mu gukomeza umurunga uhuza u Rwanda, Afurika n’Amerika.

Abitabiriye iriya uriya muhango bavuze ko imbaraga zigomba gushyirwa mu guteza imbere umubano hagati y’u Rwanda n’Amerika mu nzego zihariye z’uburezi  n’amajyambere arambye.

TAGGED:AmerikafeaturedMakoloRwandaUbukunguUmubano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gen Alex Kagame Yoherejwe Kuyobora Ingabo Muri Mozambique
Next Article Nyarugenge: Hagiye Kubakwa Irerero Rizuzura Mu Mezi Abiri
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?