Hashize igihe gito Perezida Kagame yakiriye uwaje guhagararira Qatar mu Rwanda. Uwo ni Misfer Bin Faisal Mubarak Al-Ajab Al-Shahwani. Kuba Qatar ifite Ambasade mu Rwanda ni...
Mu buryo buteruye Guverinoma y’u Bwongereza yatangarije Taarifa ko idashobora kwerura ngo ivuge ibikubiye mu biganiro u Bwongereza bufitanye n’u Rwanda cyangwa ikindi gihugu ku bibazo...
Ubuyobozi bw’Ikigo cy’Igihugu gitwara abantu n’ibintu mu ndege, RwandAir, cyatangaje ko uko iminsi igenda yicuma ari ko kigenda kizanzamuka, kikivana mu bibazo cyatewe n’icyorezo COVID-19. Bidatinze...
Louise Mushikiwabo yanditse kuri Twitter ko yizeye neza ko Madamu Yolande Makolo na Stephanie Nyombayire bazakora neza akazi baraye bahawe na Perezida Kagame. Yolande Makolo yaraye...
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe riravuga ko Madamu Yolande Makolo yagizwe Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda naho Stephanie Nyombayire...