Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubiri Wa Padiri Ubald Rugirangoga Wagejejwe Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Icyorezo COVID-19Mu Rwanda

Umubiri Wa Padiri Ubald Rugirangoga Wagejejwe Mu Rwanda

Last updated: 28 February 2021 9:10 am
Share
SHARE

Umubiri wa Padiri Ubald Rugirangoga wagejejwe mu Rwanda nyuma y’igihe gisaga ukwezi yitabye Imana, aho yaguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika nyuma yo kwandura icyorezo cya COVID-19.

Yitabye Imana ku wa 7 Mutarama 2021, gusa mbere yo gushiramo umwuka yari yasabye ko yazashyingurwa mu Rwanda. Hahise hatangira kwigwa uburyo umurambo we wagezwa mu gihugu cye.

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu nibwo wagejejwe ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, wakirwa na Musenyeri Hakizimana Célestin uyobora Diyosezi ya Gikongoro ari na we ushinzwe iya Rusizi, wari kumwe n’abandi bihaye Imana barimo abapadiri n’ababikira.

Rugirangoga yari amaze imyaka irenga 32 ari umupadiri muri Diyosezi ya Cyangugu, ariko agakunda gukorera ubutumwa mu bice bitandukanye by’igihugu n’isi muri rusange, agafasha abantu mu isengesho ryo gukira ibikomere n’indwara zitandukanye. Yahawe ubupadiri mu 1984.

Mu 2015 yagizwe Umurinzi w’Igihango, ishimwe rihabwa abantu kubera uruhare rwabo mu kubaka ubumwe n’ubwuyunge. Yashimiwe uruhare yagize mu kongera kubanisha neza abaturage muri Paruwasi ya Mushaka.

Biteganyijwe ko Rugirangoga witabye Imana ku myaka 65 azashyingurwa ku wa 1 Werurwe iwabo mu Karere ka Rusizi, kurangiza ikiliyo bikazaba ku wa 2 Werurwe.

TAGGED:featured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhumuza Richard Na Mugeni Bashyizwe Mu Bacamanza b’Urukiko Rwa EAC
Next Article Umugore Wa Ambasaderi W’u Butaliyani Wiciwe Muri RDC Yavuze Ko Yagambaniwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingwe: Inyamaswa Ibayeho Icunganwa N’Intare

Guinée: Bidasubirwaho Mamadi Doumbouya Yatsinze Amatora

Asanga Hakwiye Kujyaho Itorero ‘Ryihariye’ Ry’Abagabo

Menya Ahaza Kurasirwa Ibishashi Birangiza 2025

Muhanga: Umunyamategeko Yakatiwe Gufungwa Imyaka 15

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Jean-Pierre Bemba Arasabwa Kwegura

Ndayishimiye Ati: “ Twe Turaterwa Ntidutera!”

Kirehe: Abimuwe Kubera Urugomero Rwa Rusumo Bagiye Gutaha Inzu Nshya

Polisi Yafashe Abibaga Abatuye Ikirwa Cya Nkombo

Bunyoni Ararembye

You Might Also Like

Mu Rwanda

Rutaremara Agaya Ababyeyi Bahariye Abayaya Uburere Bw’Abana

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyeshuri Barasubira Ku Ishuri Guhera Kuri Uyu Wa Gatandatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Kamonyi: Abagabo Bahaye Umwana Inzoga Bose Irabica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Guinée: Doumbouya Yatsinze Amatora 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?