Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umubyigano W’Abafana Kuri Stade Waguyemo Abantu 12
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Umubyigano W’Abafana Kuri Stade Waguyemo Abantu 12

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2023 1:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihugu cya El Salvador habereye umuvundo wabereye kuri imwe muri stade z’aho zikomeye, ugwamo abantu 12, abandi bataramenyekana umubare barakomereka.

Ni nyuma y’umukino wa ¼ wahuje ikipe yitwa Alianza FC na Club Deportivo FAS wabereye kuri stade yakira abantu 44,000 yitwa Cuscatlan stadium iba mu murwa mukuru, San Salvador.

Federasiyo y’Umupira w’amaguru muri kiriya gihugu yacishije ubutumwa kuri Twitter bwihanganisha abo mu miryango yaburiye ababo muri urita muvundo.

Imikino ya shampiyona y’iki gihugu yahise ihagarara kandi Perezida wa kiriya gihugu atangaza ko hagomba gukorwa iperereza ryimbitse kuri buri rwego rwagize uruhare muri uriya mukino.

Ni ukugira ngo harebwe niba ahantu hose hashobora kuba harabaye icyuho cyatumye imidugararo izamuka.

Perezida wa El Salvador witwa Nayib Bukele yategetse Polisi n’ubugashinjacyaha bukuru bwa Repubulika guhagurukira iki kibazo, iperereza ryimbitse rigakorwa.

El Salvador ni igihugu gito kiba muri Amerika y’Amajyepfo bita Latina Amerika

Ku wundi mugabane w’isi witwa Aziya mu mwaka wa 2022( hari Ukwakira) muri Indonesia habereye umubyigano waguyemo abantu 135.

Byabereye mu Ntara ya Java.

Umuhanzi Casmir Zao Zoba wo muri Congo-Brazzaville yigeze kuririmba avuga ko umupira w’amaguru atari intambara.

Umuhanzi Casmir Zao Zoba
TAGGED:El SalvadorfeaturedImikinoStadeUmubyiganoUmuvundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Jimmy Mulisa Aranugwanugwa Gutoza Amavubi
Next Article Hasomwe Misa Yo Kwibuka Imiryango 15,593 Y’Abatutsi Yazimye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?