Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umufana Wa Rayon Yagiye Gushimira Amagaju FC Kuko Yatsinze APR
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Umufana Wa Rayon Yagiye Gushimira Amagaju FC Kuko Yatsinze APR

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 January 2025 2:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ndakaza yagiye gushimira Amagaju FC ko yatsinze APR FC.(Ifoto@Kigali Today)
SHARE

Ndakaza Gérard yavuye i Kigali ajya gushimira Amagaju FC kuba yaratsinze APR FC.  Ni umwe mu bafana ba Rayon Sports babyemera kandi bagaharanira ko n’abandi babimenya.

Aherutse kujyana icyapa mu bafana b’Amagaju FC abashimira ko ikipe yabo iherutse gutsinda APR FC, ikipe ihora ihanganya n’iye muri Shampiyona y’igiciro cya mbere mu Rwanda.

Amagaju FC aherutse gutsinda APR FC igitego 1-0, intsinzi yarenze kuba iy’Amagaju ahubwo abafana ba Rayon Sports nabo bayigira iyabo.

Icyapa aherutse gushyira abafana b’Amagaju FC cyari cyanditseho ngo ” Nta kindi nakwitura Amagaju FC(Amagaju FC 1-0 APR FC).”

Umukino Amagaju FC yatsindiye mo APR FC wabereye kuri Stade Huye, hari tariki 12, Mutarama, 2025.

Mu gihe ari uko byagendekeye APR FC, ku rundi ruhande Rayon Sports nayo yatsinzwe na Mukura VS ibitego 2-1 mu mukino wabereye n’ubundi kuri iyo Stade.

TAGGED:AmagajuAPRIkipeUmufana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rufite Amariba 13 Ya Petelori
Next Article Ntawe Uzongera Gupfukamisha Abanyarwanda Uko Yaba Akomeye Kose-Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?