Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Za Centrafrique Wungirije Yarangije Uruzinduko Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugaba W’Ingabo Za Centrafrique Wungirije Yarangije Uruzinduko Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 October 2022 11:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Brig Gen Freddy Sakama wungirije Umugaba mukuru w’ingabo za Centrafrique n’itsinda rye barangije uruzinduko rw’Icyumweru bari bamazemo  mu Rwanda baganira na bagenzi be bayobora ingabo z’u Rwanda.

Nta bisobanuro birambuye ku bikubiye mu biganiro impande zombi zaganiriyeho ariko hasanzwe hari ubufatanye hagati y’ingabo za kiriya gihugu ( FACA) n’iz’u Rwanda ( RDF).

U Rwanda rusanzwe rufite abasirikare muri Centrafrique bagiyeyo mu rwego rwo kuhagarura amahoro nyuma y’imidugararo yakurikiyeho ivanwaho rya François Bozizé.

Nyuma ko kuvaho k’uyu mugabo igihugu cyahise kijya mu bibazo bya Politiki byatumye hari benshi bahasiga ubuzima ndetse abandi barahunga.

U Rwanda rwaje kwitabazwa kugira ngo rufashe mu gutuma abaturage batuza, iyo mitwe yaciye ibintu muri Centrafrique ukibutwe inshuro, abasivile babeho batekanye, inzego za Politiki zongere zikorere abaturage.

Ni ko byagenze kuko ubu kiriya gihugu gifite Umukuru wacyo n’izindi nzego zikora neza.

U Rwanda ruracyafite abasirikare n’abapolisi muri kiriya gihugu, ndetse bamwe bashinzwe umutekano w’abanyacyubahiro barimo n’Umukuru w’Igihugu ndetse n’uw’Inteko ishinga amategeko.

Uruhande rw’u Rwanda rwari ruyobowe na Brig Gen Vincent Nyakarundi ushinzwe iperereza rya gisirikare muri RDF
Bari bamaze Icyumweru mu Rwanda baganira na bagenzi babo bayobora RDF
TAGGED:CentrafriquefeaturedIngaboRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuvundo Wakurikiye Umukino W’Umupira W’Amaguru Waguyemo Abantu 174
Next Article Canal + Rwanda Yatangaje Ku Mugaragaro Imikorere Ya Zacu TV Iherutse Kugura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Kwitabira Gufata Irangamimerere Byitabirwe Na Buri Wese- MINALOC 

Amahoro Na Kigali Pelé Stadium Zemerewe Kwakira Amarushanwa Nyafurika 

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Sandra Teta Yarekuwe

Ibyotsi Bihumanya Ikirere Cy’u Rwanda Byikubye 5 Mu Bukana- REMA

Nyanza: Umurambo W’Umusore Wari Umaze Icyumweru Yarabuze Bawusanze Mu Mufuka

Imbaduko PM Nsengiyumva Atangiranye Mu Kuzamura Ubuhinzi N’Ubworozi

RDF/Military Police Mu Myitozo Ikarishye

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

General Muganga Yavuze Akazi Ingabo Zikorera Mu Mahanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeImibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Hari Icyo Abana Basaba Abayobozi Bakuru B’Igihugu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?