Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Za Centrafrique Wungirije Yarangije Uruzinduko Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugaba W’Ingabo Za Centrafrique Wungirije Yarangije Uruzinduko Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 October 2022 11:18 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Brig Gen Freddy Sakama wungirije Umugaba mukuru w’ingabo za Centrafrique n’itsinda rye barangije uruzinduko rw’Icyumweru bari bamazemo  mu Rwanda baganira na bagenzi be bayobora ingabo z’u Rwanda.

Nta bisobanuro birambuye ku bikubiye mu biganiro impande zombi zaganiriyeho ariko hasanzwe hari ubufatanye hagati y’ingabo za kiriya gihugu ( FACA) n’iz’u Rwanda ( RDF).

U Rwanda rusanzwe rufite abasirikare muri Centrafrique bagiyeyo mu rwego rwo kuhagarura amahoro nyuma y’imidugararo yakurikiyeho ivanwaho rya François Bozizé.

Nyuma ko kuvaho k’uyu mugabo igihugu cyahise kijya mu bibazo bya Politiki byatumye hari benshi bahasiga ubuzima ndetse abandi barahunga.

U Rwanda rwaje kwitabazwa kugira ngo rufashe mu gutuma abaturage batuza, iyo mitwe yaciye ibintu muri Centrafrique ukibutwe inshuro, abasivile babeho batekanye, inzego za Politiki zongere zikorere abaturage.

Ni ko byagenze kuko ubu kiriya gihugu gifite Umukuru wacyo n’izindi nzego zikora neza.

U Rwanda ruracyafite abasirikare n’abapolisi muri kiriya gihugu, ndetse bamwe bashinzwe umutekano w’abanyacyubahiro barimo n’Umukuru w’Igihugu ndetse n’uw’Inteko ishinga amategeko.

Uruhande rw’u Rwanda rwari ruyobowe na Brig Gen Vincent Nyakarundi ushinzwe iperereza rya gisirikare muri RDF
Bari bamaze Icyumweru mu Rwanda baganira na bagenzi babo bayobora RDF
TAGGED:CentrafriquefeaturedIngaboRDFRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umuvundo Wakurikiye Umukino W’Umupira W’Amaguru Waguyemo Abantu 174
Next Article Canal + Rwanda Yatangaje Ku Mugaragaro Imikorere Ya Zacu TV Iherutse Kugura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Musanze: Abanyonzi Bibukijwe Akamaro Ka Gerayo Amahoro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbuzima

Rulindo: Abaturage Biyemeje Kurinda Ibidukikije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?