Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Yahuriye Na Perezida Nyusi Muri Cabo Delgado
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugaba W’Ingabo Z’u Rwanda Zo Ku Butaka Yahuriye Na Perezida Nyusi Muri Cabo Delgado

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 February 2024 10:40 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Major General Vincent Nyakarundi yahuriye na Perezida wa Mozambique Filip Nyusi muri Cabo Delgado aho yagiye mu ruzinduko rw’akazi. Nyusi yari ari kumwe na Minisitiri w’ingabo za Mozambique Maj Gen Cristovão Artur Chume.

Ubwo yahageraga, Perezida Nyusi yakiriwe mu cyubahiro n’ingabo z’u Rwanda ziri mu gihugu cye mu rwego rw’akazi ziyobowe na Major General Nyakarundi ari kumwe n’umuyobozi w’itsinda ry’ingabo z’u Rwanda na Polisi riri muri Mozambique witwa Major General Alexis Kagame n’abandi bayobozi b’ingabo na Polisi.

Ku rubuga rwa X rwa Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda handitseho ko Perezida Nyusi yashimye umuhati ingabo z’u Rwanda na Polisi bagira mu kugarura amahoro binyuze mu kwirukana ibyihebe byari byarigaruriye  Cabo Delgado guhera mu mwaka wa 2017.

Gen.Nyakarundi yabwiye abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari muri kiriya gihugu uko mu Rwanda  umutekano wifashe aboneraho kubasaba gukomeza gukorana umurava inshingano zabajyanye kure y’iwabo.

Perezida Nyusi aganira na Gen Nyakarundi uko ibintu byifashe muri Cabo Delgado
TAGGED:AbapolisiAbasirikareCaboDelgadofeaturedIngaboMozambiqueNyakarundiRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubuzima, Uburezi…Inkingi Ubufaransa Buzakoranamo N’u Rwanda Mu Myaka Ine
Next Article FPR-Inkotanyi Iratangira Amatora Y’Ijonjora
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?