Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 July 2021 6:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umugabo Yuriye Igiti Arahanuka Polisi Imutabara Yahanamye Mo

Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kuzimya inkongi z’umuriro n’ubutabazi kubari mu kaga ryatabaye umuturage witwa Imanizibyose Eric Antoine wari wahagamye mu giti akakivunikiramo mu gihe yacyuriraga.

Ni umugabo witwa Imanizibose Antoine.

Uriya mugabo yuriye ahanuka mu giti ahagamamo, abaturage batabaza Polisi.
Nyuma yo kumanurwa mu giti yajyanywe ku kigo nderabuzima cya Nyakariba kugira ngo yitabweho n’abaganga.

Ni uwo mu Karere ka Rubavu Umurenge wa Nyakiliba, Akagari ka Nyarushyamba, Umudugudu wa Makoro.
Imanizibose Eric Antoine afite imyaka 30 y’amavuko.

Yuriye igiti kiri ku muhanda wa Kaburimbo aza guhanuka mu giti ariko arahagama bamusanga yavunitse itako ry’iburyo ananirwa kwimanura.
Yjyanywe ku kigo nderabuzima cya Nyakiriba mugihe hari hategerejwe imbangukiragutabara ngo umujyane ku bitaro bya Gisenyi.

TAGGED:featuredPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Afurika y’Epfo Yahamagaje Inkeragutabara Zose Mu Gihugu
Next Article Icyo J. Bosco Mutangana Avuga Ku Urwego Rushya Rwita Ku Bakorewe Icyaha Cy’Icuruzwa Ry’Abantu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abavandimwe Alicia Na Germaine Bakoze Indirimbo Bizeyeho Byinshi

Kubaka Urugomero Rwa Nyabarongo Bizatuma Havuka Ikiyaga Kizakora Ku Turere 8

Nyagatare: Batashye Isoko Risakaye Bari Barifuje Igihe Kirekire

Urwibutso Rwa Jenoside Yakorewe Abayahudi Baruhumanyije

Drones Zigiye Gukoreshwa Mu Kurwanya Imibu Yo Mu Bugesera

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Rwandair Yaguze Izindi Ndege Ngari 

RDB Yamaze Impungenge Abafite Hoteli Mu Birunga

Uburundi Bwatsembye Ko Butazafungura Vuba Umupaka Wabwo N’u Rwanda

Rwamagana:Uwahoze Ari Umunyamakuru Wa Radio Agiye Kwishingira Iye

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Kigali: Abagore Baravugwa Kenshi Mu Biyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

UNHCR Yaganirije AFC/M23 Ku Kibazo Cy’Impunzi Ziri Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushaka Kuba Igihugu Gikize Byuzuye-Kagame

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Perezida Wa Palestine Yimwe Visa Yo Kuzajya Muri Amerika Mu Nama Ya UN

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?