Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore Ucyekwaho Kwica Umwana Akeza: ‘Si Njye Wabikoze, Yaguye Kwa Muganga’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Umugore Ucyekwaho Kwica Umwana Akeza: ‘Si Njye Wabikoze, Yaguye Kwa Muganga’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 March 2022 7:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri uyu wa Kane Taliki 17, Werurwe, 2022 mu Rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge ruri hafi ya Stade ya Kigali i Nyamirambo hatangiye urubanza ubushinjacyaha buregamo umugore ukurikiranyweho uruhare mu rupfu rw’umwana w’imyaka itanu witwaga Akeza Rutiyomba.

Uyu mwana yapfuye ubwo bamusangaga mu kidomoro cy’amazi, ubugenzacyaha icyo bukaba bwaratangarije Taarifa ko ibimenyetso byo mu iperereza ry’ibanze byerekana ko hari abagore babiri bagombaga gukekwaho uruhare muri uru rupfu.

Uyu mwana yapfuye taliki 14, Mutarama, 2022, urupfu rwe rubabaza benshi kuko yari amaze kumenyakana ‘mu rugero runaka.’

Yaguye mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro kwa Mukase kuko yari yarasize Nyina mu Karere ka Bugesera ajya kubana na Se wari warashatse undi mugore, bakaba batuye hafi y’aho Akeza yigaga.

Byari mu buryo bwo kumwegereza ishuri.

The New Times yatangaje ko Nyina w’uriya mwana yitwa Agathe Niragire n’aho Se yitwa Florien Rutiyomba.

Uyu yari yarashakanye mu buryo bwemewe n’amategeko na Mukase wa Akeza

Muri ba bagore babiri bafashwe nyuma y’urupfu rw’umwaka Akeza Rutiyomba, umwe yaje kurekurwa n’ubushinjacyaha ariko undi aguma mo.

Uwakomeje gufungwa we yaraye ahakanye ibyo aregwa avuga ko umwana Akeza atari we wamwishe, ahubwo yaguye kwa muganga.

Ubushinjacyaha bwo buvuga ko bufite ibimenyetso bifatika byerekana ako uriya mwana yishwe kandi uwamwishe ‘yari yarabigambiriye.’

Ubushinjacyaha kandi buvuga iby’uko uriya mwana yaguye mu kidomoro ari kucyurira ngo avome amazi nta shingiro  bifite kuko ngo cyamusumbaga cyane.

Ikindi ngo ni uko ku mwaka itanu y’amavuko, uriya mwana yari akuze bihagije k’uburyo atakwiyahura.

Ucyekwaho uruhare mu rupfu rwa Akeza afungiye muri Gereza ya Mageragere mu Karere ka Nyarugenge.

Bikekwa Ko Umwana Akeza Elisie Wavuzweho Kugwa Mu Kidomoro Agapfa Ahubwo Yishwe

TAGGED:AkezafeaturedUbugenzacyahaUbushinjacyahaUmugoreUmwanaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Federasiyo Ya Volleyball Ku Rwego Rw’Isi Yafatiye Ibihano Iy’Uyu Mukino Mu Rwanda
Next Article Amoko, Odinga, Ruto… Uko Impuguke Ibona Amatora Agiye Kuba Muri Kenya
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?