Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore Wa Magufuli Ararembye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugore Wa Magufuli Ararembye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2021 8:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Janet Magufuli, umupfakazi wa nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli, ari mu bitaro kubera gushengurwa n’urupfu rw’umugabo we.

Umuhungu wabo niwe wabitangaje, avuga ko urupfu rwa Se rwashegeshe Nyina ubu akaba ari mu bitaro kubera agahinda kamurenze.

Uriya mugabo( umwana wa Magufuli) witwa Joseph Magufuli avuga ko Nyina yamuhaye ubutumwa bw’uko ‘n’ubwo arwaye kubera ishavu yatewe n’urupfu rw’umugabo we,’ ariko ashimira abaturage ba Tanzania uko bakomeje kumuba hafi.

Yabashimiye kandi uko baherekeje umugabo we.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Madamu Janet Magufuli  ashima by’umwihariko Perezida Samia Suluhu n’abagize Guverinoma uburyo bamwitayeho ndetse n’icyubahiro bahaye nyakwigendera bamusezeraho.

Abaturage muri Tanzania cyane cyane abo muri Sosiyete Sivili basaba ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu gukomeza ubumwe bwaranze Abanya Tanzania ku butegetsi bwa Magufuli, bukirinda ko havuka amacakubiri.

Janet Magufuli yasigiwe n’umugabo we abana barindwi. Mbere yo kuba umufasha w’Umukuru w’Igihugu, Janet Magufuli yari umwarimukazi.

Madamu Magufuli yavutse muri 1960.

Yashegeshwe n’urupfu rw’umugabo we
TAGGED:featuredJanetJosephMafuguliUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tchad Nayo ‘Ishobora Kuba’ Isibaniro Ry’Imirwano
Next Article Ububi Bwo ‘Kurya Kenshi’ Inyama Zitukura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?