Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore Wa Magufuli Ararembye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Umugore Wa Magufuli Ararembye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 April 2021 8:01 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 Janet Magufuli, umupfakazi wa nyakwigendera Perezida John Pombe Joseph Magufuli, ari mu bitaro kubera gushengurwa n’urupfu rw’umugabo we.

Umuhungu wabo niwe wabitangaje, avuga ko urupfu rwa Se rwashegeshe Nyina ubu akaba ari mu bitaro kubera agahinda kamurenze.

Uriya mugabo( umwana wa Magufuli) witwa Joseph Magufuli avuga ko Nyina yamuhaye ubutumwa bw’uko ‘n’ubwo arwaye kubera ishavu yatewe n’urupfu rw’umugabo we,’ ariko ashimira abaturage ba Tanzania uko bakomeje kumuba hafi.

Yabashimiye kandi uko baherekeje umugabo we.

Madamu Janet Magufuli  ashima by’umwihariko Perezida Samia Suluhu n’abagize Guverinoma uburyo bamwitayeho ndetse n’icyubahiro bahaye nyakwigendera bamusezeraho.

Abaturage muri Tanzania cyane cyane abo muri Sosiyete Sivili basaba ubutegetsi bwa Perezida Samia Suluhu gukomeza ubumwe bwaranze Abanya Tanzania ku butegetsi bwa Magufuli, bukirinda ko havuka amacakubiri.

Janet Magufuli yasigiwe n’umugabo we abana barindwi. Mbere yo kuba umufasha w’Umukuru w’Igihugu, Janet Magufuli yari umwarimukazi.

Madamu Magufuli yavutse muri 1960.

Yashegeshwe n’urupfu rw’umugabo we
TAGGED:featuredJanetJosephMafuguliUrupfu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tchad Nayo ‘Ishobora Kuba’ Isibaniro Ry’Imirwano
Next Article Ububi Bwo ‘Kurya Kenshi’ Inyama Zitukura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

IBUKA Ivuga Ko Muri Huye Hamaze Kuboneka Imibiri 301 Mu Mezi Ane

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Kenya: Abantu 12 Baguye Mu Mpanuka Y’Indege

Menya Itegeko Ryavuguruwe Ry’Umutungo Bwite Mu By’Ubwenge Rikurikizwa Mu Rwanda

Ibyinshi Mu Byaranze Amateka Y’u Rwanda Bibitswe N’Abarukolonije

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu RwandaUbuzima

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?