Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: “Être Covidé”, “Les Poches Sont Confinées” …Imvugo Z’Urwenya Kuri COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Utuntu n'Utundi

“Être Covidé”, “Les Poches Sont Confinées” …Imvugo Z’Urwenya Kuri COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 March 2021 9:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaturage ba Burkina Faso basanze uburyo bwiza bwo kubana na COVID-19 ari ukuyishyiramo urwenya, ukayirinda ariko ntigukure umutima.  Muri Ouagadougou basigaye bavuga ngo Les Poches Sont Confinées bashaka kuvuga ko agafaranga kabuze.

Kimwe no mu Rwanda, muri Werurwe, 2020 nibwo COVID-19 yageze muri Burkina Faso. Ubutegetsi bwa Perezida Roch Marc Kaboré bwafashe ingamba zari zikenewe ngo abaturage be batacyandura ari benshi kikabahitana.

Urubyiruko rw’i Ouagadougou rwaje guhanga amagambo y’Igifaransa arimo gutebya kandi ahuje  n’icyorezo COVID-19, ibyo bise ‘Expressions Covidées’.

Umwe muri bo witwa Fréderic Tindano yagize ati: “ Muri iki gihe iwacu iyo umuntu ashaka kuvuga ko nta kintu kiri mu mufuka we, mbese ko agafaranga kabuze avuga ko les poches sont confinées. Iyo dushatse kuvuga ko umuntu agomba guceceka, akaruca akarumira dukoresha imvugo ngo le confinement bucal total.”

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri iki gihe iyo umuntu yanduye COVID-19 muri Burkina Faso bavuga ngo runaka ‘est covidé(e).

Iyo abantu bajyaga impaka hanyuma umwe akumva atagishaka kugira icyo avuga ku ngingo iri kuvugwaho, abwira bagenzi be ati: “ Je Porte le masque”.

Kuri bo ikiganiro kivuga kuri COVID-19 ariko kirimo gutera urwenya ni uburyo bwabo bwo guhangana nayo.

TAGGED:Burkina FasoCOVID-19featuredOuagadougou
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzu Yubakirwa Umusaza Nyagashotsi Igeze Kure
Next Article Winnie Byanyima Yasuye Monique Nsanzabaganwa, Baganiriye Izihe Ngingo”
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Frank Joe Mu Gahinda Ko Gupfusha Umugore We

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?