Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umugore Yafashwe Ashaka Kwica Netanyahu 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Umugore Yafashwe Ashaka Kwica Netanyahu 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 July 2025 5:38 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

 

 

 

Urwego rwa Israel rushinzwe umutekano imbere mu gihugu rwitwa Shin Bet rwafashe umugore ukekwaho gushaka kwica Minisitiri w’Intebe Benyamini Netanyahu.

Uwo mugore avugwaho umugambi wo gukoresha ibintu biturika.

Ni umugore ufite imyaka 70 y’amavuko akaba yarafashwe kuwa Gatatu w’Icyumweru gishize ubwo ishami rya Polisi y’iki gihugu yavumburaga uwo mugambi.

Ishami rya Polisi ya Israel ryitwa National Crime Unit’s Serious and International Crime Unit rikorera ahitwa Lod niryo ryamufashe.

Netanyahu ni umuyobozi ukomeye wa Israel akaba ari we uyoboye iki gihugu nka Minisitiri w’Intebe kandi abimazeho igihe.

Icyakora The Jerusalem Post yavuze ko uwo mugore yarekuwe amaze gutanga amande kandi acibwa mu Biro byose bya Leta kandi ngo ntazongera kwegera aho Netanyahu aherereye.

TAGGED:NetanyahuPolisiUmugore
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umujyi Na Polisi Bafunze Utubari Turenga 200 Mu Mujyi Wa Kigali 
Next Article Ngirente Yashimye Imikoranire Ye Na Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Amerika Ntishaka Umusirikare Wayo Ubyibushye

Nyuma Y’Imyaka Babana, Sonia Rolland Yakoze Ubukwe Ashagawe N’Abakobwa Be

Drone Y’Ingabo Za DRC Yagabye Igitero Ku Birindiro Bya AFC/M23

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Yabwiye UN Ko Igihe Kigeze Afurika Igahagararirwa Mu Kanama Kayo K’Umutekano

Ambasaderi Nyamvumba Yahaye Rayon Sports Umukoro

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

You Might Also Like

IbidukikijeMu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Umuhanga Wabwiye Isi Imibereho Y’Impundu Jane Goodall Yapfuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaPolitiki

Kigali: U Rwanda Ruraganira Na Afurika Uko Politiki Ya ICT Yahuzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeIbiza KamereMu mahanga

Namibia: Inyamaswa ‘Zitabarika’ Zishwe N’Inkongi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Trump Avuga Ko Netanyahu Yemeye Umugambi We Wo Kurangiza Intambara Na Hamas

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?