Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Umuhanzi Ruzima Yafatanywe Ikirundo Cy’Urumogi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Umuhanzi Ruzima Yafatanywe Ikirundo Cy’Urumogi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2025 10:49 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Bill Ruzima.
SHARE

Bill Ruzima usanzwe uririmba indirimbo nyarwanda zivanzwemo uruzungu  na gakondo yafashwe n’abagenzacyaha bamukurikiranyeho kunywa no gukwiza urumogi mu baturage.

Abagenzacyaha bari bamufiteho ayo makuru baje kumucakirira mu nyubako iri ku Kimihurura yitwa KABC Building.

Ruzima w’imyaka  27 asanzwe ari umuhanzi uzwi uririmba akanacuranga gitari, umuziki akaba yarawutangiye mu mwaka wa 2019 hashize umwaka umwe arangije amasomo ye ya Kaminuza.

Hamwe muho yagaragarije ubuhanga bwe ni mu bitaramo birimo ikitwa Kigali Jazz Junction, Amani Festival cyabereye muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo( hagati y’umwaka wa  2017 na  2020), yitabira iserukiramuco yitwa Hamwe Festival mu mwaka wa 2020 ndetse n’ikindi yise  European Union Peace Concert cyabaye mu mwaka wa  2021.

Yaririmbye nyinshi zirimo Zirikana, Imana y’abakundana, Abana bari i Muderi na Hello Me.

Ibindi byamamare byafungiwe gukoresha ibiyobyabwenge mu buryo bumwe cyangwa ubundi ni Turahirwa, Ariel Wayz, Babo, Jay Polly n’abandi.

TAGGED:RuzimaUmuhanziUrumogi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse
Next Article Imikoranire Y’u Rwanda Na Arsenal Kuri Visit Rwanda Igiye Kugera Ku Ndunduro
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Imyidagaduro

Airtel-Rwanda Na Mbonyi Barabararitse Mu Gitaramo Icyambu Tour 4

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Umutekano

Umugabo W’i Gakenke Yafatiwe I Burera Afite Ibilo 20 By’Urumogi Avanye Muri Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?